• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Imyidagaduro

Abatraffic Jam biyemeje gushimuta imihanda yose ya Kigali

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 21, 2024
in Imyidagaduro
0
Abatraffic Jam biyemeje gushimuta imihanda yose ya Kigali
0
SHARES
18
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Semuhungu Eric, uko byagenda kose, nta wundi muntu ufite umwihariko nk’uwe muri iki gihugu cy’u Rwanda. Ari muri bamwe bita ba ‘influencer’ bya nyabyo, kandi aho bisaba ko ‘atwika’, abikorana umwete maze hagashya koko umuriro ukaka, hagakongoka.

Semuhungu ubu ari gukora ibishoboka byose byamwinjiriza atitaye ku bamuvuga, kugeza magingo yasinya amasezerano y’ubucuruzi amubyarira inyungu n’ibindi bitandukanye. Ubuzima bwiza bwa Las Vegas bwahindutse ubw’i Kigali kandi yivugira ko avuga ko ‘ufite amafaranga naho utaba kandi ko nyafite’.

Ubu abashaka gutwika mu tubari twabo i Kigali ni we basigaye bitabaza umunsi ku wundi. Ni we usigaye uyobora ibitaramo mu tubari nka The Wave Lounge, The B Lounge iherereye i Nyamirambo, The Rush, Fanfare Bar n’ahandi hatandukanye muri uyu mujyi wa Kigali mu Rwanda no hanze yawo.

Semuhungu wiyita ko ariwe Mwami waba Hoster mu Rwanda kandi iyo urebye aba hoster muri uru Rwanda usanga ariwe ufite izina rikomeye kandi n’imikorere ye myiza ikomeje kuvugisha bamwe mubo bahanganye cyane cyane Miss Muyango, ibyo bikababaza abo bahanganye kuri uyu mwanya, nyuma yuko abamazeho abafana ndetse namakampani yo kwamamariza, kuko iyo urebye impuzangendo yabyo kubera igikundiro afite usanga ariwe uhabwa inshingano zo kwamamariza amakampani menshi mu Rwanda.

Eric Semuhungu umu ‘Influencer’ akaba ari nawe nyiri Traffic Jam ica impaka uko bukeye nuko bwije muri uru Rwanda. Muri iyi weekend Traffic Jam igizwe nabatatu badasiganwa aribo Eric Semuhungu, Mc Nario na Dj Caspi bafite ibitaramo bitandukanye ahantu hatandukanye.

Ku wa kane taliki 22  Ugushyingo, AbaTraffic Jam baza bari guca impaca ‘PEOPLE NIGHT CLUB’. 

Ku munsi wo ku wa gatandatu taliki 23 Ugushyingo The B Lounge.

Ku cyumweru taliki 24 CRYSTAL LOUNGE  Abatraffic Jam bazaba bahabaye.

Ni kuvuga ngo imihanda yose izaba iri kwerekeza  CRYSTAL LOUNGE amarekezo ni ROOFTOP KABC ku nyubako iri Kimihurura floor ya munani(8) hirya ya Kigali Convention Center.

Abatumirwa kumwanya waba Hoster ni Eric Semuhungu na LAURA (@laura_musanase, naho ku mwanya wabavanga imiziki harimo RJ THE DJ guturuka Tanzaniya niwe mu DJ w’umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania ‘Diamond Platnumz, @djcaspi__nyirabyo na @djvirus_plays, ku mwanya wa Mc: ni Mc Nario. Uwikundira agasembuye ibiciro babikubise ishoka ku ma LIQUOR  musanzwe muzi akomeye ni ibihumbi makumyabiri gusa (20,000 frw). Kuwaba yifuza ubundi busobanuro yahamagara kuri nimero ya +250794098966.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amateka y’umukinnyi Samuel Cruz wakuriye mu buzima bubi, bikarangira abaye icyamamare muri ruhago

Next Post

Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025

Recent News

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com