• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Abatraffic Jam biyemeje gushimuta imihanda yose ya Kigali

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 21, 2024
in Imyidagaduro
0
Abatraffic Jam biyemeje gushimuta imihanda yose ya Kigali
0
SHARES
20
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Semuhungu Eric, uko byagenda kose, nta wundi muntu ufite umwihariko nkโ€™uwe muri iki gihugu cy’u Rwanda. Ari muri bamwe bita ba โ€˜influencerโ€™ bya nyabyo, kandi aho bisaba ko โ€˜atwikaโ€™, abikorana umwete maze hagashya koko umuriro ukaka, hagakongoka.

Semuhungu ubu ari gukora ibishoboka byose byamwinjiriza atitaye ku bamuvuga, kugeza magingo yasinya amasezerano yโ€™ubucuruzi amubyarira inyungu nโ€™ibindi bitandukanye. Ubuzima bwiza bwa Las Vegas bwahindutse ubwโ€™i Kigali kandi yivugira ko avuga ko ‘ufite amafaranga naho utaba kandi ko nyafite’.

Ubu abashaka gutwika mu tubari twabo i Kigali ni we basigaye bitabaza umunsi ku wundi. Ni we usigaye uyobora ibitaramo mu tubari nka The Wave Lounge, The B Lounge iherereye i Nyamirambo, The Rush, Fanfare Bar nโ€™ahandi hatandukanye muri uyu mujyi wa Kigali mu Rwanda no hanze yawo.

Semuhungu wiyita ko ariwe Mwami waba Hoster mu Rwanda kandi iyo urebye aba hoster muri uru Rwanda usanga ariwe ufite izina rikomeye kandi n’imikorere ye myiza ikomeje kuvugisha bamwe mubo bahanganye cyane cyane Miss Muyango, ibyo bikababaza abo bahanganye kuri uyu mwanya, nyuma yuko abamazeho abafana ndetse namakampani yo kwamamariza, kuko iyo urebye impuzangendo yabyo kubera igikundiro afite usanga ariwe uhabwa inshingano zo kwamamariza amakampani menshi mu Rwanda.

Eric Semuhungu umu ‘Influencer’ akaba ari nawe nyiri Traffic Jam ica impaka uko bukeye nuko bwije muri uru Rwanda. Muri iyi weekend Traffic Jam igizwe nabatatu badasiganwa aribo Eric Semuhungu, Mc Nario na Dj Caspi bafite ibitaramo bitandukanye ahantu hatandukanye.

Ku wa kane taliki 22ย  Ugushyingo, AbaTraffic Jam baza bari guca impaca ‘PEOPLE NIGHT CLUB’.ย 

Ku munsi wo ku wa gatandatu taliki 23 Ugushyingo The B Lounge.

Ku cyumweru taliki 24 CRYSTAL LOUNGEย  Abatraffic Jam bazaba bahabaye.

Ni kuvuga ngo imihanda yose izaba iri kwerekezaย  CRYSTAL LOUNGE amarekezo ni ROOFTOP KABC ku nyubako iri Kimihurura floor ya munani(8) hirya ya Kigali Convention Center.

Abatumirwa kumwanya waba Hoster ni Eric Semuhungu na LAURA (@laura_musanase, naho ku mwanya wabavanga imiziki harimo RJ THE DJ guturuka Tanzaniya niwe mu DJ w’umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania ‘Diamond Platnumz, @djcaspi__nyirabyo na @djvirus_plays, ku mwanya wa Mc: ni Mc Nario. Uwikundira agasembuye ibiciro babikubise ishoka ku ma LIQUORย  musanzwe muzi akomeye ni ibihumbi makumyabiri gusa (20,000 frw). Kuwaba yifuza ubundi busobanuro yahamagara kuri nimero ya +250794098966.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amateka y’umukinnyi Samuel Cruz wakuriye mu buzima bubi, bikarangira abaye icyamamare muri ruhago

Next Post

Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Umudepite wahunze Zambiya yafatiwe muri Zimbabwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com