• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ihanurwa ry’Indege ya Habyarimana niyo ntandaro y’ibihe by’icuraburindi Abatutsi banyuzemo

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 10, 2026
in Amakuru
0
Ihanurwa ry’Indege ya Habyarimana niyo ntandaro y’ibihe by’icuraburindi Abatutsi banyuzemo
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku mugoroba wo ku wa 6 Mata 1994, indege yari itwaye Perezida Juvénal Habyarimana w’u Rwanda na Cyprien Ntaryamira w’u Burundi yahanuwe igwa i Kanombe, hafi y’urugo rwa Habyarimana. Iyi mpanuka yabaye ubwo aba bayobozi bari bavuye mu biganiro by’amahoro byabereye Arusha muri Tanzania.

Raporo y’ibanga yagiye hanze igaragaza ko hari uruhare rw’intagondwa z’Abahutu zari mu ngabo za Leta, cyane cyane abarindaga Perezida, mu gikorwa cyo guhanura iyo ndege. Iyi raporo kandi ivuga ko ingabo zari zifite intwaro zirimo imbunda zihitana indege n’ama-missile ashobora kuba yarakoreshejwe muri icyo gikorwa.

Iyo ndege yaguyemo abantu bakomeye barimo Gen Maj Déogratias Nsabimana, abaminisitiri b’u Rwanda babiri n’abo mu Burundi babiri. Nyuma y’amasaha make, igihugu cyahise kijya mu bihe bikomeye by’umutekano muke.

Mu gitondo cyo ku wa 7 Mata 1994, hatangiye ubwicanyi bwibasiye Abatutsi n’abataravugaga rumwe n’ubutegetsi. Interahamwe zifatanyije n’abasirikare zatangiye kwica abaturage mu gihugu hose.

Muri uwo mwuka w’akaduruvayo, Minisitiri w’Intebe Agathe Uwiringiyimana na we yishwe n’abasirikare bari bashinzwe kurinda Perezida. Hari amakuru avuga ko yari yagerageje guhungira ahantu hatandukanye ariko bikarangira afashwe akicwa.

Icyo gihe ubutegetsi bwahise bufatwa n’abasirikare, bashyiraho amabariyeri mu mihanda no gufunga ikibuga cy’indege cya Kigali, ibintu byakomye mu nkokora ubuzima busanzwe bw’Igihugu cy’u Rwanda. Ibi byose byabaye intangiriro y’ibihe by’icuraburindi byakurikiyeho mu Rwanda.

Ihanurwa ry’Indege ya Habyarimana niyo ntandaro y’ibihe by’icuraburindi Abatutsi banyuzemo
ADVERTISEMENT
Previous Post

Bonus Bez Depozytu 2026 dla Polaków Darmowe Kasyno z Bonusem za Rejestrację

Next Post

Mejores Bonos de Casino Colombia online 2025: Top 8 en Septiembre

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post

Mejores Bonos de Casino Colombia online 2025: Top 8 en Septiembre

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com