• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Bamwe muri mu baturage bavuga ko bamaze imyaka myinshi basaba inzego zibishinzwe kubafasha gukumira icyo kibazo, ariko kugeza ubu ntihari hagaragara igisubizo kirambye.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 2, 2025
in Amakuru
0
Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abaturage bo mu Murenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, Umudugudu wa Twishorezo mu Karere ka Kicukiro, baratabaza bavuga ko ruhurura iri hafi y’ingo zabo ikomeje kubatera impungenge zikomeye. Bavuga ko iyo ruhurura ikomeje gutenguka umunsi ku wundi, kandi bikaba bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye zirimo kwangiraka kw’amazu yabo ndetse no guteza impanuka zishobora gutwara ubuzima bw’abantu.

Bamwe muri mu baturage bavuga ko bamaze imyaka myinshi basaba inzego zibishinzwe kubafasha gukumira icyo kibazo, ariko kugeza ubu ntihari hagaragara igisubizo kirambye.

Uwitwa Mugenzi Theophile utuye hafi ya ruhurura yagize yagize icyo aganiriza Kasuku Media ati: “Iyo imvura iguye turarara dufite impungenge, kuko amazi amanuka afite imbaraga nyinshi, agasatura imikingo ya ruhurura. Ubu twumva ko igihe icyo ari cyo cyose amazu yacu ashobora kugwa.”

Undi muturage witwa Mukandayisenga Esperance na we yunzemo ati: “Ubu dufite abana bato, kandi iyo imvura yaguye tugira ubwoba ko bashobora kugwa muri ruhurura. Twasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze kudutabara, ariko turacyategereje igisubizo.”

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro buvuga ko bwamenye icyo kibazo, kandi ko bateganya kugikoraho mu buryo burambye.

Umukozi ushinzwe ibikorwa remezo muri ako karere yagize ati: “Ni ikibazo twari twarabonye, kandi turi mu mishinga yo kugikoraho doreko bimwe mu bikora tumo gukora nabyo birimo. Ubu turi gushaka uburyo bwo kubona ingengo y’imari izatuma ruhurura yubakwa neza, kandi tugakuraho impungenge z’abaturage.”

Abaturage barasaba ko icyo gikorwa cyakorwa vuba na bwangu kuko imvura y’itumba irimo kwegera, kandi ibyo byaba byongera ibyago byo gusenywa n’amazi. Bavuga ko Leta ikwiye gutabara hakiri kare kuko “uwitaye ku ngorane mu ntangiriro ayirinda kuba ikirundo.”

Iyo ruhurura iramutse yubakiwe ku gihe, abaturage bavuga ko byabarinda guhura n’ingaruka zituruka ku biza, ndetse bigatuma n’ingo zabo zitekana.

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abasaza bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake

Next Post

Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw'ibirayi bwafashwe n'inkongi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

September 2, 2025
Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

September 2, 2025
Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

September 2, 2025
Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

September 2, 2025

Recent News

Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

September 2, 2025
Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

September 2, 2025
Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

Musanze: Abaturage barataka igihombo batewe nuko ubuhunikiro bw’ibirayi bwafashwe n’inkongi

September 2, 2025
Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

September 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

Nyamasheke: Abakobwa bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa

September 2, 2025
Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

Nyabihu: Bamwe mu baturage babuze iyo bakinga umusaya, barasaba ubufasha bwo gusanirwa inzu zabaguyeho

September 2, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com