• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yasobanuye icyatumye rutahizamu Alexander Isak atagaragara ku rutonde rw’abakinnyi b’uyu munsi ubwo bakinaga na Burnely.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 14, 2025
in Imikino
0
Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yasobanuye icyatumye rutahizamu Alexander Isak atagaragara ku rutonde rw’abakinnyi b’uyu munsi ubwo bakinaga na Burnely bakayitsinda igitego kimwe kubusa, aho yavuze ko ari icyemezo cyafashwe hagamijwe kurinda ubuzima bw’umukinnyi no kumuha umwanya uhagije wo kugarura imbaraga. Slot yatangaje ko bitari kuba byiza gukomeza kumukoresha iminota mike mu mikino itandukanye, ahubwo ko ari ingenzi kumuha icyumweru cyuzuye cyo kwitoza, kugira ngo azagaruke afite imbaraga zihagije kandi yiteguye gufasha ikipe.

Yagize ati: “Twafashe umwanzuro ko ari byiza kumureka akagira icyumweru cyuzuye cyo kwitoza aho kumujyana mu mikino agakinira iminota 5 cyangwa 10 gusa. Nshobora kwizeza abafana ko azaba ahari ku mukino wo ku wa Gatatu uzabahuza n’ikipe ya Athletico Madrid, gusa uyu mukino wari utaragera ku rwego rwiza rwo kumushyiramo.”

Uyu mwanzuro wagaragaje uburyo Slot yitondera gukoresha abakinnyi be, akirinda kubashyira mu bibazo by’imvune igihe kinini. Ni ibintu biboneka cyane ku batoza bifuza gutegura ejo hazaza h’ikipe aho kwihutira kubona intsinzi y’ako kanya.

Isak, ukomoka muri Suwede, ni umwe mu bakinnyi ikipe ya Liverpool yitezeho byinshi muri uyu mwaka w’imikino. N’ubwo atabonetse muri uyu mukino, abafana bashobora kwitegura kumubona mu mukino ukurikiyeho, aho bizaba bigaragara niba icyumweru cy’inyongera cyo kwitoza cyamufashije kongera imbaraga.

Iki gisobanuro cya Arne Slot cyatangiye gutanga icyizere mu bafana ko Isak atari mu bibazo bikomeye by’imvune, ahubwo ko ari gahunda yo kumurinda kugira ngo azagaruke ameze neza kandi afite ubushobozi bwo guhatana ku rwego rwo hejuru.

Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yasobanuye icyatumye rutahizamu Alexander Isak atagaragara ku rutonde rw’abakinnyi b’uyu munsi ubwo bakinaga na Burnely

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

September 14, 2025
Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

September 14, 2025
Umutoza Arteta yashimiye byimazeyo Madueke, avuga ko azanye intego mu ikipe

Umutoza Arteta yashimiye byimazeyo Madueke, avuga ko azanye intego mu ikipe

September 14, 2025
Thomas Frank ahamya ko Bissouma agifite umwanya ukomeye muri Tottenham Hotspur

Thomas Frank ahamya ko Bissouma agifite umwanya ukomeye muri Tottenham Hotspur

September 13, 2025

Recent News

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

September 14, 2025
Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

September 14, 2025
Umutoza Arteta yashimiye byimazeyo Madueke, avuga ko azanye intego mu ikipe

Umutoza Arteta yashimiye byimazeyo Madueke, avuga ko azanye intego mu ikipe

September 14, 2025
Thomas Frank ahamya ko Bissouma agifite umwanya ukomeye muri Tottenham Hotspur

Thomas Frank ahamya ko Bissouma agifite umwanya ukomeye muri Tottenham Hotspur

September 13, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

September 14, 2025
Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

Abaturage ba Ndora bavuga ko amashanyarazi y’imirasire y’inzu atangwa mu buriganya

September 14, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com