Bukayo Saka yagarutse: Arsenal yerekeje amaboko ku gikombe cya Champions League
Nyuma y’amezi ane yari amaze hanze y’ikibuga kubera imvune, Bukayo Saka yongeye kugaruka mu ikipe ya Arsenal. Uyu mukinnyi ukiri...
Nyuma y’amezi ane yari amaze hanze y’ikibuga kubera imvune, Bukayo Saka yongeye kugaruka mu ikipe ya Arsenal. Uyu mukinnyi ukiri...
Mu Buhinde hakomeje gucicikana inkuru y'umusore utatangajwe amazina yafashe icyemezo kidasanzwe cyo gusezerana n’ihene, bakabana nk’umugore n’umugabo. Uyu musore avuga...
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazagirana ibiganiro byihariye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye...
Umuraperi Kanye West, usigaye yiyita Ye, yatangaje ko yicuza kuba yarabyaranye na Kim Kardashian, wahoze ari umugore we, bakaba bafitanye...
Ku nshuro ya mbere mu mateka, amakipe y’amakeba yo mu Bwongereza, Arsenal na Tottenham Hotspur, yatangaje ko azahurira mu mukino...
Ubwoba ni kimwe mu byiyumvo bikomeye umuntu agira, kandi si iby’ubusa. Iyo umuntu agize ubwoba, umubiri we usohora kugira umusemburo...
Kuri uyu wa karindwi, taliki 30 Werurwe 2025, itsinda ry’abatabazi ryihutirwa ryatangiye kwinjira mu gace ka Myanmar kageramiwe cyane n’umutingito...
Will Smith, uzwi cyane muri sinema no mu muziki, yatangaje ko mbere yo gusohora album ye nshya yise Based on...
Kakooza Nkuliza Charles (KNC), Perezida wa Gasogi United, yongeye gushotora abanyamakuru abashinja kugira uruhare mu kudindiza iterambere rya shampiyona y’icyiciro...
Paul Pogba akomeje kuba umwe mu bakinnyi bagarukwaho cyane ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi. Ikipe ya Olympique de Marseille yemeye...
© 2024 KasukuMedia.com