• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 19, 2025
in Imikino
0
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye
0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Lionel Messi na Lamine Yamal bagiye guhurira mu kibuga ku nshuro ya mbere mu mateka, kuva hafatwa ya foto yamamaye cyane yafashwe Lamine akiri uruhinja. Ibi bizaba muri Werurwe, ubwo ikipe y’Igihugu ya Argentina n’ikipe y’Igihugu ya Espagne zizaba zicakirana zihanganye mu mukino wa Finalissima, aho Lamine Yamal azaba ahuye nโ€™icyitegererezo cye, Lionel Messi.

Ifoto yavuzweho byinshi yafashwe mu myaka yashize binyuze mu gikorwa cya UNICEF, cyateguwe mu buryo bwa tombola (raffle) mu gace ka Roca Fonda i Matarรณ, aho umuryango wa Lamine Yamal wabaga icyo gihe. Abaturage biyandikishaga kugira ngo bafotorwe ku kibuga cya Camp Nou bari kumwe nโ€™umukinnyi wa FC Barcelona.

Amahirwe yaje kugwa ku muryango wa Lamine, maze batsindira gufotorwa na Lionel Messi ubwe, bari kumwe nโ€™umwana wabo Lamine.

Umufotozi wa Sport, Joan Monfort, yatangaje uko byagenze agira ati: โ€œMessi ntiyari azi neza uko afata uwo mwana mu ntoki. Leo ni umuntu utuje cyane. Yari avuye mu rwambariro, ahita asanga mu yindi harimo akabati karimo amazi maze afata nmwana wโ€™uruhinja imbere ye, byari bigoye cyane!โ€

Yakomeje agira ati: โ€œKuba Lamine yaraje gukura akavamo umukinnyi wโ€™umupira wโ€™amaguru, hanyuma hakabaho nโ€™iyo foto imuhuza nโ€™icyitegererezo cye, ni ibintu byโ€™igitangaza. Ndishimye cyane ko byabaye.โ€

Joan Monfort yasoje avuga ko ari ibintu bishimishije cyane kubona inkuru nkโ€™iyi mu mupira wโ€™amaguru wa none, aho byinshi bishingira ku mafaranga nโ€™ububasha, ariko hakabaho nโ€™ibi bihe byuzuyemo amateka, amarangamutima nโ€™ubumuntu.

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

ADVERTISEMENT
Previous Post

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Next Post

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cyโ€™amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cyโ€™amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cyโ€™amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

July 25, 2026
King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

July 25, 2026
IRMCT yongeye kwanga ubusabe bwa Kambanda na Kamuhanda bwo gufungurwa mbere yโ€™igihe

IRMCT yongeye kwanga ubusabe bwa Kambanda na Kamuhanda bwo gufungurwa mbere yโ€™igihe

July 25, 2026
Urukiko rwo muri Kenya rwahamije Zachary Obado icyaha cyo kwica Sharon Otieno

Urukiko rwo muri Kenya rwahamije Zachary Obado icyaha cyo kwica Sharon Otieno

July 24, 2026

Recent News

Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

July 25, 2026
King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

July 25, 2026
IRMCT yongeye kwanga ubusabe bwa Kambanda na Kamuhanda bwo gufungurwa mbere yโ€™igihe

IRMCT yongeye kwanga ubusabe bwa Kambanda na Kamuhanda bwo gufungurwa mbere yโ€™igihe

July 25, 2026
Urukiko rwo muri Kenya rwahamije Zachary Obado icyaha cyo kwica Sharon Otieno

Urukiko rwo muri Kenya rwahamije Zachary Obado icyaha cyo kwica Sharon Otieno

July 24, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

Real Madrid ikomeje intambwe zayo zo gushaka gusinyisha umukinnyi ukiri muto Yan Diomande

July 25, 2026
King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

King James yavuze impamvu yahisemo kugumisha ubuzima bwe bw’urukundo mu ibanga

July 25, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com