Ubuyobozi bushya bwa Trump bwamaganye imfashanyo z’iterambere, bitera impungenge ku Isi hose, harimo na Vatikani
Ubuyobozi bushya bwa Donald Trump bwatangaje ko buhagaritse inkunga z’iterambere zitangwa n’Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe ubufasha...























