
Muri USA ahitwa muri MICHIGAN ABANYARWANDA bahatuye bahuye n’uruva gusenya dore ko bibwe akayabo ka millioni 312 z’u RWANDA.
IBI BYATANGIYE BITE RERO!
Abantu bagera kuri 37 bakoze ikimina bazajya bagabana buri mwaka kandi icyo kimina cyari kimaze imyaka 4 gikora bagafata amafaranga bakayabika ari CASH mugihe kingana n’umwaka bakazagabana amafaranga amaze kugwira. Kumunsi w’ejo tariki 12/02/2025 nibwo abagombaga kugabana muri icyo kimina bakubiswe n’inkuba ubwo babwirwaga ko amafaranga yabo yariwe muri KAZUNGU NARARA “yibwe”

Umugabo wari usanzwe ari president muri icyo kimina ndetse n’umugore w’umugabo babanaga mu kimina witwa MUTONI nibo batsindiye (bibye) amafaranga ya bagenzi babo nyuma yo kuva muri HOTEL tutamenya izina kugira ibiganiro byihariye biganirira umugabo wa MUTONI yibereye kuri television murugo atazi uburyo transaction zumwihariko ziri gukorwa mu maguru no mu maboko.

BYARANGIYE BITE RERO?
Kugeza magingo aya amakuru twahawe nabamwe bari MICHIGAN nuko hari umusore witwa OLIVIER wabaga muri icyo kimina wendaga kurushinga (Marriage) wamaze tayari kujyanwa mu bitaro azize kumva iyo nkuru yinca mugongo gusa yuko amafaranga MUTONI na mugenzi we bamaze kuyarigisa…

Iyi nkuru ni ndende reka dukomeze itohoza..