• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Bukayo Saka yongeye guhura n’uwahoze ari umutoza we mu bwana bwe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 27, 2024
in Imikino
0
Bukayo Saka yongeye guhura n’uwahoze ari umutoza we mu bwana bwe
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza, Bukayo Saka, aherutse guhura n’umutoza wamuhaye amahirwe ye ya mbere mu mukino w’amaguru, Colin Nixon. Ibi byabaye ubwo bombi baganiraga ku ngaruka nziza abatoza bashobora kugira ku buzima bw’abana bato.

Nixon yamenye impano idasanzwe ya Saka ubwo yari afite imyaka itandatu gusa, maze amutumira gukinira ikipe ya Greenford Celtic.

Bukayo Saka yavuze ko inkunga ya Nixon yamubereye ingenzi cyane mu rugendo rwe rw’umupira w’amaguru. Yagize ati: “Nixon yari umuyobozi w’ikipe, kandi muri iyo kipe yahaye abana bagera ku icyenda cyangwa icumi amahirwe yo kwitoza buri wikendi.

Ibyo byose byafashije abo bana kwirinda kwishora mu bikorwa bishobora kubangamira ejo habo hazaza. By’umwihariko, niwe wangiriye icyizere, angira umukinnyi uwo ndiwe uyu munsi.”

Saka w’imyaka 23 yongeyeho ko umutoza Nixon n’abandi batoza nk’abo bo mu gace ke bagira uruhare rukomeye mu gufasha abana bakiri bato gutera imbere no kwiyubaka.

Uretse kuba umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Bukayo Saka ni ambasaderi wa gahunda ya Chase, igamije gufasha abantu baturuka mu miryango itishoboye kubona amahugurwa yo gutoza ndetse no kongera uburinganire n’ubwuzuzanye mu rwego rw’ubutoza.

Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe na YouGov ku bufatanye na Chase bubigaragaza, kimwe cya kabiri cy’ababajijwe bemeza ko kubona abatoza bafite ubushobozi bwo kubereka urugero rwiza bishobora kuzamura impano zabo no kubafasha kugera ku nzozi zabo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Cristiano Ronaldo yagize icyo atangaza ku munsi w’ibihembo bya Globe Soccer Awards i Dubai

Next Post

Igitaramo ‘ICYUMBA CYA RAP’ cyimuriwe ku wa 10 Mutarama 2025, ku bw’impamvu y’imvura nyinshi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Igitaramo ‘ICYUMBA CYA RAP’ cyimuriwe ku wa 10 Mutarama 2025, ku bw’impamvu y’imvura nyinshi

Igitaramo 'ICYUMBA CYA RAP' cyimuriwe ku wa 10 Mutarama 2025, ku bw'impamvu y'imvura nyinshi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

July 8, 2025
Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

July 8, 2025

Recent News

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

July 8, 2025
Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

July 8, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com