• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

Davido yongeye kwishongora, nyuma yo kwiyungururiza imodoka y’akataraboneka yo mu bwoko bwa Lamborghini Revuelto ifite agaciro ka miliyari 1.8 Frw.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 17, 2025
in Imyidagaduro
0
Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika, David Adedeji Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, yongeye kwerekana ubukire bwe n’uburyo akomeje kuba ku isonga mu bahanzi bafite agatubutse, nyuma yo kwiyungururiza imodoka y’akataraboneka yo mu bwoko bwa Lamborghini Revuelto ifite agaciro ka miliyari 1.8 Frw.

Ni inkuru yasakaye cyane ku mbuga nkoranyambaga ubwo Davido ubwe yifashishije konti ye ya Instagram ashyiraho amashusho n’amafoto y’iyo modoka, ari kumwe n’inshuti ze bamushimira ndetse banamugaragariza ishema n’isheja ku gikorwa cy’indashyikirwa yakoze.

Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

Iyi modoka ya Lamborghini Revuelto iri mu zikunzwe cyane ku isoko ry’imodoka zihenze ku Isi, aho izwiho umuvuduko udasanzwe, ikoranabuhanga rihambaye ndetse n’udushya twihariye mu buryo bw’imiterere n’imikorere yayo.

Ibi bije nyuma y’igihe gito Davido ashyize hanze alubumu nshya ndetse no gukora ibitaramo bikomeye ku mugabane w’u Burayi no muri Amerika, byamwinjirije amafaranga menshi.

Abo mu muryango we ndetse n’abakunzi be, bamugaragarije ishimwe n’inkunga kuri iyi ntambwe yindi yo kwigaragaza nk’umwe mu bahanzi bafite agatubutse muri Afurika.

Nk’uko bimenyerewe, Davido akunda gutunga imodoka zihenze nka Bentley, Rolls Royce Cullinan, na Lamborghini Huracan, none yongeyeho Revuelto nshya, ikaba ari imwe mu modoka zigura menshi ku isoko mpuzamahanga.

Uburyo akunze kwigaragaza ku mbuga nkoranyambaga mu modoka zihenze, butuma benshi bamufata nk’icyitegererezo cy’abantu bazi guharanira inzozi zabo. Umwe mu bafana be yagize ati: “Davido aduha icyizere ko n’umuhanzi wo muri Afurika ashobora gutunga ibyo abandi biyumvira mu nzozi.”

Davido yongeye kwishongora, nyuma yo kwiyungururiza imodoka y’akataraboneka
Nk’uko bimenyerewe, Davido akunda gutunga imodoka zihenze nka Bentley, Rolls Royce Cullinan, na Lamborghini Huracan, none yongeyeho Revuelto nshya

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ihuriro rya gakondo muri RDC ryareze CENCO na ECC mu rukiko

Next Post

Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

July 17, 2025
Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

July 17, 2025
Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

July 17, 2025
Ihuriro rya gakondo muri RDC ryareze CENCO na ECC mu rukiko

Ihuriro rya gakondo muri RDC ryareze CENCO na ECC mu rukiko

July 17, 2025

Recent News

Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

July 17, 2025
Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

July 17, 2025
Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

Davido yongeye kwishongora nyuma yo kugura imodoka ya Lamborghini nshya ihagaze miliyari 1.8 Frw

July 17, 2025
Ihuriro rya gakondo muri RDC ryareze CENCO na ECC mu rukiko

Ihuriro rya gakondo muri RDC ryareze CENCO na ECC mu rukiko

July 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

Bahati yongeye gutungurana: yagaragaye yambaye imyenda y’abagore, bitera urujijo n’impaka

July 17, 2025
Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

Muyango yaburiye abifuza kuba ibyamamare: ‘Niba ufite umutima woroshye, wibigerageza

July 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com