• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Igitero gikomeye mu Ntara ya Plateau: Abantu barenga 50 bishwe n’abagizi ba nabi bakekwaho ubujura bw’Inka

Abagizi ba nabi bikekwa ko ari abajura biba Inka, bagabye ibitero mu midugudu ibiri yo mu karere ka Bassa, muri Leta ya Plateau.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 14, 2025
in Karabaye
0
Igitero gikomeye mu Ntara ya Plateau: Abantu barenga 50 bishwe n’abagizi ba nabi bakekwaho ubujura bw’Inka
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Igitero cyo kuri uyu wa Mbere cyabaye nyuma y’icyumweru kimwe gusa habaye ikindi gitero cyahitanye abantu 52, mu gihe ubuyobozi bukomeje kunengwa n’imiryango mpuzamahanga kubera intege nke mu gucunga umutekano.

Abagizi ba nabi bikekwa ko ari abajura biba Inka, bagabye ibitero mu midugudu ibiri yo mu karere ka Bassa, muri Leta ya Plateau, bahitana abantu 50 ndetse banakomeretsa benshi. Abatangabuhamya n’amatsinda y’ubutabazi batangaje ko abantu batarenga 51 aribo bamaze kumenyekana ko bishwe, abandi benshi bagakomereka bikabije.

Umwe mu baturage yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko abishwe bashyinguwe mu muhango rusange, ibintu byateye intimba abaturage b’ako gace basanzwe babayeho mu bwoba n’umutekano mucye.

Leta ya Plateau, iherereye hagati muri Nigeria, izwiho kuba icumbikiye amoko menshi atandukanye. Intambara hagati y’abahinzi n’aborozi b’abayisilamu ni kimwe mu bibazo by’ingutu bimaze igihe bihangayikishije abaturage.

Mu itangazo ryashyizwe hanze na Amnesty International, iyo miryango yahamije ko abagizi ba nabi banasahuye inzu z’abaturage ndetse bagatwika amazu, ibintu byateje ibihombo bikomeye n’ubuhungiro bw’abantu batari bake.

Amnesty kandi yashinje ubuyobozi bw’Igihugu uruhare mu kudashyira imbaraga mu kurinda abaturage, binyujijwe mu kudashyiraho ingamba zihamye zo guhashya ubu bwicanyi.

Abagizi ba nabi bikekwa ko ari abajura biba Inka, bagabye ibitero mu midugudu ibiri yo mu karere ka Bassa, muri Leta ya Plateau
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kanye West yavuze ko yishyura Kim Kardashian $200,000 buri kwezi.

Next Post

Luka Modrić agiye kuba umwe mu bashoramari ba Swansea City

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Luka Modrić agiye kuba umwe mu bashoramari ba Swansea City

Luka Modrić agiye kuba umwe mu bashoramari ba Swansea City

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

July 3, 2025
2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025

Recent News

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

July 3, 2025
2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com