• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Liverpool 2-2 Manchester United: Igitego cya Amad Diallo cyagaragaje umwuka w’uburakari ku buyobozi bwa Premier League kuri Anfield

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 5, 2025
in Imikino
0
Liverpool 2-2 Manchester United: Igitego cya Amad Diallo cyagaragaje umwuka w’uburakari ku buyobozi bwa Premier League kuri Anfield
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Liverpool ntiyabashije kubona intsinzi kuri Manchester United muri uyu mukino wahuruje abantu benshi kuri Anfield, aho amakipe yombi yanganyije ibitego 2-2. Umukino wagaragayemo imbaraga nyinshi nโ€™intsinzi zitamenyekana kugeza ku munota wa nyuma.

Lisandro Martinez yafunguye amazamu ku ruhande rwa Manchester United ku munota wa 14, aho yatsinze igitego cyari cyatanzwe ku mupira wari utewe neza na Bruno Fernandes. Gusa Liverpool ntiyacitse intege, ahubwo yakomeje kotsa igitutu abakinnyi ba United, bishyura igitego ku munota wa 36 binyuze kuri Cody Gakpo.

Icyo gihe abafana ba Liverpool bari bamaze kugarura ibyiringiro, Mohamed Salah yongeraho ikindi gitego ku munota wa 54, cyatumye ikipe ye ibona amahirwe yo kuyobora umukino.

Gusa, Manchester United ntabwo yacitse intege kuko Amad Diallo yaje kwishyura igitego ku munota wa 82, ashyira umukino mu mibare itoroshye ku mpande zombi.

Uyu mukino wakinwe mu rwego rwo kwerekana kutishimira uko Premier League iyobowe, aho abafana ba Liverpool bagaragaje ko banyotewe no kubona impinduka mu buryo shampiyona igenzurwa.

Byโ€™umwihariko, hari ikibabazo ku miyoborere y’ishyirahamwe rishinzwe kugenzura umupira wโ€™amaguru mu Bwongereza, rikomeje gushinjwa kwirengagiza ibibazo bimwe na bimwe by’amakipe yo mu cyiciro cya mbere.

Liverpool yerekanye ubushobozi bwo kugaruka mu mukino nubwo itigeze ibona insinzi yifuzaga. Ibi byasize ikipe y’umutoza Arne Slot akomenyanya umwanya wambere we n’ikipe ye ayoboye

Uyu mukino waranzwe kandi nโ€™ibyemezo bikomeye byโ€™abasifuzi, byibajijweho nโ€™abafana b’amakipe yombi, ndetse n’uburyo abakinnyi bโ€™ingenzi bโ€™amakipe yombi bagaragaje imbaraga zidasanzwe mu guhangana no kwigaragaza kudasanzwe.

Ese ibi bisobanuye iki ku makipe yombi? Liverpool irakomeza guhatanira umwanya wambere wagateganyo iriho kugeza na nubu? muri shampiyona mu gihe Manchester United nayo idashaka kurekura umwanya wa 13 ifite ku rutonde rwโ€™agateganyo. Umukino nkโ€™uyu wongeye kwerekana ko Premier League ari shampiyona irimo guhangana gukomeye, aho buri mukino uba ufite agaciro gakomeye ku makipe.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Inzu ndende muri Afurika iri kubakwa muri Cรดte d’Ivoire, izaba ifite metero 400 nโ€™amagorofa 72

Next Post

Umukecuru wari ukuze cyane ku Isi, Tomiko Itooka wโ€™imyaka 116 wo mu Buyapani yitabye Imana

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umukecuru wari ukuze cyane ku Isi, Tomiko Itooka wโ€™imyaka 116 wo mu Buyapani yitabye Imana

Umukecuru wari ukuze cyane ku Isi, Tomiko Itooka wโ€™imyaka 116 wo mu Buyapani yitabye Imana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

March 12, 2026
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

March 12, 2026
Imijyi 50 myiza yo gusura mu 2026: Afurika ihagarariwe nโ€™ine

Imijyi 50 myiza yo gusura mu 2026: Afurika ihagarariwe nโ€™ine

March 12, 2026
Ifoto ya Kim Jong Un nโ€™umukobwa we Kim Ju Ae yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Ifoto ya Kim Jong Un nโ€™umukobwa we Kim Ju Ae yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

March 12, 2026

Recent News

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

March 12, 2026
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

March 12, 2026
Imijyi 50 myiza yo gusura mu 2026: Afurika ihagarariwe nโ€™ine

Imijyi 50 myiza yo gusura mu 2026: Afurika ihagarariwe nโ€™ine

March 12, 2026
Ifoto ya Kim Jong Un nโ€™umukobwa we Kim Ju Ae yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Ifoto ya Kim Jong Un nโ€™umukobwa we Kim Ju Ae yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

March 12, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

March 12, 2026
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

March 12, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com