• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Politike

Iran ntiyiyumvisha uburyo Trump ashishikajwe no kubaha ubutumire bwerekeye ku masezerano y’ingufu za kirimbuzi

Iran yavuze ko idashishikajwe no kugirana ibiganiro imbonankubone na Amerika, ahubwo ishishikajwe n’uko ibiganiro byaba binyuze mu bahuza mpuzamahanga.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 31, 2025
in Politike
0
Iran ntiyiyumvisha uburyo Trump ashishikajwe no kubaha ubutumire bwerekeye ku masezerano y’ingufu za kirimbuzi
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazagirana ibiganiro byihariye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’amasezerano ya nuclear, nyuma y’aho Perezida Donald Trump agaragarije ubushake bwo gusubukura ibiganiro binyuze mu ibaruwa yandikiye ubutegetsi bwa Tehran.

Iran yavuze ko idashishikajwe no kugirana ibiganiro imbonankubone na Amerika, ahubwo ishishikajwe n’uko ibiganiro byaba binyuze mu bahuza mpuzamahanga.

Leta ya Tehran ikomeza gusobanura ko gahunda yayo ya nuclear ifite intego z’amahoro, aho igamije kwifashishwa mu bijyanye n’ingufu z’amashanyarazi no mu buvuzi, aho kuba gukora ibikoresho bya kirimbuzi nk’uko ibihugu bimwe byakomeje kubishinja.

Ubutegetsi bwa Iran bwashimangiye ko bwiteguye gukorana n’andi mahanga mu rwego rwo kubahiriza amasezerano mpuzamahanga, ariko ko bidashoboka ko bushyikirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo butaziguye, cyane cyane nyuma y’aho Trump yakuye igihugu cye mu masezerano ya nuclear ya 2015 azwi nka JCPOA (Joint Comprehensive Plan of Action).

Amerika, ku rundi ruhande, ikomeje gushyira igitutu kuri Iran, isaba ko iki gihugu cyemera ibiganiro bishya byatuma ingufu za nuclear zigenzurwa kurushaho. Gusa Iran ivuga ko nta cyizere ifitiye ubuyobozi bwa Trump kuko bwaciye ukubiri n’amasezerano ya mbere.

Iri tangazo rya Iran rije mu gihe umubano w’ibi bihugu byombi ukomeje kuba mubi, cyane cyane nyuma y’ibihano bikomeye Amerika yashyize kuri Iran mu rwego rwo kuyotsa igitutu ngo ireke gahunda yayo ya nuclear. Iran ivuga ko ibyo bihano ari akarengane kandi bigamije kudindiza iterambere ryayo.

Nubwo Iran yanze ibiganiro n’Amerika, abasesenguzi bemeza ko hakomeje gutangwa ibimenyetso by’uko imiryango mpuzamahanga ishobora kugira uruhare mu kugerageza kuzahura umubano w’ibi bihugu byombi, mu rwego rwo kugabanya ubushyamirane bushobora kugira ingaruka mbi ku mutekano mpuzamahanga.

Amerika, ku rundi ruhande, ikomeje gushyira igitutu kuri Iran, isaba ko iki gihugu cyemera ibiganiro bishya byatuma ingufu za nuclear zigenzurwa kurushaho.
Iran yo yavuze ko idashishikajwe no kugirana ibiganiro imbonankubone na Amerika, ahubwo ishishikajwe n’uko ibiganiro byaba binyuze mu bahuza mpuzamahanga.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kanye West ahora acirwa urubanza n’umutima we kubwo kwicuza Kubyarana na Kim Kardashian

Next Post

Sean Kingston na nyina bahamwe n’icyaha cya miliyoni $1 mu buriganya binyuze mu ikoranabuhanga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Sean Kingston na nyina bahamwe n’icyaha cya miliyoni $1 mu buriganya binyuze mu ikoranabuhanga

Sean Kingston na nyina bahamwe n’icyaha cya miliyoni $1 mu buriganya binyuze mu ikoranabuhanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

July 8, 2025
Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

July 8, 2025

Recent News

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

Shenseea Avuze ko gatanya atari igisubizo, ahubwo abashakanye bakwiye kwiga kongera gukundana

July 8, 2025
Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

Gabriel Martinelli yahakanye ibihuha by’uko yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr

July 8, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Schiaparelli i Paris: Imyambaro y’ubugeni n’udushya

July 8, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com