• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

JaySqueezer by JaySqueezer
November 18, 2024
in Amakuru, Imyidagaduro
2
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori
0
SHARES
27
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu gihe Kanye West yateye umugongo Hollywood akigira gutembera mu bihugu binyuranye,
ubu biravugwa ko atabanye neza n’umugore we Bianca Censori.

Umubano w’umuraperi Kanye West n’umugore we Bianca Censori wongeye kugarukwaho mu binyamakuru by’imyidagaduro nyuma yaho bikomeje kuvuga ko baba bafitanye ibibazo mu rugo rwabo.

Mu mpera z’Ukwakira byatangajwe ko aba bombi bashobora kuba banda gutandukana, gusa
ntibyatinze Kanye na Bianca barabinyomoza ndetse baragara bishimanye mu Buyapani.

Ubu inkuru zikomeje kubavugwaho ni uko batari kumvikana ku ngingo ijyanye no kubyara aho
The Sun UK yatangaje ko Bianca Censori yifuza kubyara naho uyu muraperi akaba atabikozwa.

Ku ruhande rwa Kanye West ngo ntobwo ashaka kubyara abandi bana dore ko asanzwe afite 4 yabyaranye na Kim Kardashian wari umugore wa mbere.

Ku ruhande rwa Bianca we ngo arifuza kubyara akubakana umuryango na Kanye West bamaze
imyaka itatu barushinze.

PageSix yatangaje ko ubwumvikane bucye buri mu rugo rwa Knye na Bianca rudaturuka gusa ku kibazo cyo kubyarana, ahubwo ko Bianca yifuza kuba ahantu hamwe agakora akazi ke dore ko kuva yarushinga na Kanye West yahagaritse akazi ke ndetse ngo ibyo kwirirwa atembera bimaze kumurambira.

Nubwo mu binyamakuru bivugwa ko Kanye na Bianca batabanye neza, ku giti cyabo ntakintu barabivugaho.

Ibi bikomeje kuvugwa mu gihe Kim Kardashian aherutse gutangaza ko uyu muraperi atakita ku bana babo kuva yarushinga na Bianca Censori.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Yvonne Chaka Chaka uri kwinjiza agatubutse kandi nta indirimbo nshya afite

Next Post

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Comments 2

  1. tsentr_reproduktologii_SPb_dyoa says:
    1 year ago

    Центр репродуктологии в СПб: как мы помогаем парам стать родителями даже в самых сложных случаях
    центр репродукции спб https://www.reproductologyonline.ru .

    Reply
  2. Percycrisk says:
    1 year ago

    Днепр Харьков маршрутки

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026

Recent News

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com