• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 15, 2025
in Imikino
0
Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu magambo yuzuye amarangamutima nโ€™agahinda kavanze nโ€™urukundo, Jordan Henderson yagaragaje ko urwibutso rwa Diogo Jota ruzahora mu mitima ya benshi, byโ€™umwihariko abo bakinanye umupira wโ€™amaguru. Mu mukino wabaye uherutse, Henderson yatsinze igitego kidasanzwe, maze ahita avuga ko cyari igitego yahariye inshuti ye nโ€™umukinnyi bakundanye cyane mu ikipe imwe, Diogo Jota.

Yagize ati:ย โ€œTuzahora tumwibuka. Nta na rimwe tuzamwibagirwa. Igitego cyanjye cya mbere cyagombaga kuba icye. Ntabwo nzi gutsinda ibitego byinshi, ariko iki cyari icye.โ€ย Aya magambo yagaragaje uko umutima we wari wuzuye amarangamutima, ashimangira ko nโ€™ubwo Jota atakiri kumwe na bo mu kibuga, akiri mu mitima yabo.

Diogo Jota yari umukinnyi wihariye, utararanzwe gusa nโ€™impano idasanzwe mu mupira wโ€™amaguru, ahubwo nโ€™ubumuntu, ubunyangamugayo nโ€™urukundo yagiraga ku bandi. Yari umuntu woroshye, wicisha bugufi, kandi wahoraga ashaka gutera imbere bagenzi be. Abakinnyi benshi bamubonagamo inshuti, n’umuvandimwe.

Igitego Henderson yatsinze cyabaye nkโ€™ikimenyetso cyโ€™uko urwibutso rwa Jota ruzahoraho iteka. Abafana, abakinnyi nโ€™abakunzi bโ€™umupira wโ€™amaguru bose bagaragaje ko batamwibagiwe, binyuze mu marangamutima bakmeje kugaragaje nโ€™amagambo yuzuye urukundo.

Jordan Henderson ati: “Diogo Jota azahora yibukwa nkโ€™intwari yโ€™umupira wโ€™amaguru, kandi izina rye rizahora rihamagarwa nโ€™abamukundaga bose. Mu byโ€™ukuri, ni Diogo Jota ni โ€œUwibihe byoseโ€.

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

ADVERTISEMENT
Previous Post

John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

Next Post

Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

December 15, 2025
Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

December 15, 2025
Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

December 15, 2025
John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

December 15, 2025

Recent News

Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

December 15, 2025
Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

December 15, 2025
Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

December 15, 2025
John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

December 15, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

Muhanga: Abatuye Muyebe barinubira REG ku bibazo bya Cash Power

December 15, 2025
Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Kizz Daniel nโ€™umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

December 15, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com