• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

KNC yatanze umuburo ku banyamakuru bangiza shampiyona y’u Rwanda

Kakooza Nkuliza Charles (KNC), Perezida wa Gasogi United, yongeye gushotora abanyamakuru abashinja kugira uruhare mu kudindiza iterambere rya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 29, 2025
in Imikino
0
KNC yatanze umuburo ku banyamakuru bangiza shampiyona y’u Rwanda
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Kakooza Nkuliza Charles (KNC), Perezida wa Gasogi United, yongeye gushotora abanyamakuru abashinja kugira uruhare mu kudindiza iterambere rya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu nyuma y’umukino ikipe ye yanganyijemo na AS Kigali 0-0 kuri Kigali Pelé Stadium, ku munsi wa 22 wa shampiyona.

KNC yavuze ko nubwo batajya batsinda AS Kigali, ari amakipe ahwanye, ashimangira ko iyi kipe itabatsinda ngo itware igikombe.

Yagize ati: “Buriya iyo tuvuzengo AS Kigali itajya ikoraho, ibyiza byo mu Rwanda nuko ikipe yabaye iya kabiri kugeza ku ya 14 zose ziba z’iri mu cyiciro kimwe kereka wenda uvuga ngo AS Kigali irabatsinda ikabatwara ibikombe, ibyo nabyumva. Ariko ubusanzwe ni ikipe iri mu rwego rumwe n’urwacu cyangwa iri no munsi yacu.”

Yagarutse ku rwego rwa shampiyona y’uyu mwaka, avuga ko iri hasi cyane ugereranyije n’izabanje. Yagize ati: “Iyi shampiyona ni mbi cyane.

Turabona imyitwarire y’amakipe, abakinnyi n’abatoza yaragabanutseho. Ndetse n’abanyamahanga baza gukina hano ntabwo bafite urwego rwisumbuye.”

Muri iki kiganiro, KNC ntiyazuyaje gushinja abanyamakuru kuba bamwe mu bateza iyi shampiyona igihombo. Yavuze ko uburyo abanyamakuru batangaza amakuru y’umupira w’amaguru mu Rwanda budindiza iterambere ryawo, ati: “Umupira wacu warapfuye kubera bamwe mu banyamakuru badashyira imbere iterambere ry’iyi shampiyona. Urumva nka Gasogi ikinnye neza ntibabivuge, ahubwo bakavuga ibintu bibi gusa. Niba dushaka ko umupira utera imbere, abanyamakuru nabo bakwiye kugira uruhare mu kuwuteza imbere aho kuwusenya.”

Uyu muyobozi wa Gasogi United akunze kugaragaza imyemerere ye ku buryo shampiyona y’u Rwanda iteye, aho yemeza ko hakwiye impinduka kugira ngo irusheho kugira ubukana no kugira isura nziza imbere mu gihugu no hanze yacyo.

Muri iki kiganiro, KNC ntiyazuyaje gushinja abanyamakuru kuba bamwe mu bateza iyi shampiyona igihombo.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Paul Pogba yabuze ijambo muri Olympique de Marseille

Next Post

Will Smith yabanje kugisha inama Jay-Z na Kendrick Lamar mbere yo gusohora album nshya “Based on a True Story”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Will Smith yabanje kugisha inama Jay-Z na Kendrick Lamar mbere yo gusohora album nshya “Based on a True Story”

Will Smith yabanje kugisha inama Jay-Z na Kendrick Lamar mbere yo gusohora album nshya "Based on a True Story"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025

Recent News

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com