• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 19, 2025
in Imikino
0
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Lionel Messi na Lamine Yamal bagiye guhurira mu kibuga ku nshuro ya mbere mu mateka, kuva hafatwa ya foto yamamaye cyane yafashwe Lamine akiri uruhinja. Ibi bizaba muri Werurwe, ubwo ikipe y’Igihugu ya Argentina n’ikipe y’Igihugu ya Espagne zizaba zicakirana zihanganye mu mukino wa Finalissima, aho Lamine Yamal azaba ahuye n’icyitegererezo cye, Lionel Messi.

Ifoto yavuzweho byinshi yafashwe mu myaka yashize binyuze mu gikorwa cya UNICEF, cyateguwe mu buryo bwa tombola (raffle) mu gace ka Roca Fonda i MatarΓ³, aho umuryango wa Lamine Yamal wabaga icyo gihe. Abaturage biyandikishaga kugira ngo bafotorwe ku kibuga cya Camp Nou bari kumwe n’umukinnyi wa FC Barcelona.

Amahirwe yaje kugwa ku muryango wa Lamine, maze batsindira gufotorwa na Lionel Messi ubwe, bari kumwe n’umwana wabo Lamine.

Umufotozi wa Sport, Joan Monfort, yatangaje uko byagenze agira ati: β€œMessi ntiyari azi neza uko afata uwo mwana mu ntoki. Leo ni umuntu utuje cyane. Yari avuye mu rwambariro, ahita asanga mu yindi harimo akabati karimo amazi maze afata nmwana w’uruhinja imbere ye, byari bigoye cyane!”

Yakomeje agira ati: β€œKuba Lamine yaraje gukura akavamo umukinnyi w’umupira w’amaguru, hanyuma hakabaho n’iyo foto imuhuza n’icyitegererezo cye, ni ibintu by’igitangaza. Ndishimye cyane ko byabaye.”

Joan Monfort yasoje avuga ko ari ibintu bishimishije cyane kubona inkuru nk’iyi mu mupira w’amaguru wa none, aho byinshi bishingira ku mafaranga n’ububasha, ariko hakabaho n’ibi bihe byuzuyemo amateka, amarangamutima n’ubumuntu.

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

ADVERTISEMENT
Previous Post

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Next Post

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

December 19, 2025
Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

December 19, 2025

Recent News

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

December 19, 2025
Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

December 19, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

Β© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

Β© 2024 KasukuMedia.com