• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Liverpool yihanije Arsenal, Szoboszlai ku munota wa 83′ yari yabisoje

Kuri uyu wa 31 Kanama 2025, Anfield yongeye kuba ubukombe ubwo Liverpool yatsindaga Arsenal mu mukino wari ukomeye kandi wari utegerejwe n’abafana benshi b’izi kipe zombi.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 31, 2025
in Imikino
0
Liverpool yihanije Arsenal, Szoboszlai ku munota wa 83′ yari yabisoje
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Kuri uyu wa 31 Kanama 2025, Anfield yongeye kuba ubukombe ubwo Liverpool yatsindaga Arsenal mu mukino wari ukomeye kandi wari utegerejwe n’abafana benshi b’izi kipe zombi. Abakunzi ba Liverpool doreko bari bahanzwe amaso na benshi ariko abakinnyi babo basohoza ibyo bari batumwe, doreko kandi baraye babwirwa ko gutsindwa na Arsenal byaba ari igisebo gikomeye, none byarangiye “The Reds” bibahiriye imbere y’abafana babo.

Umukino watangiye ukomeye, Arsenal igaragaza uburyo bwiza bwo gutera imbere mu minota ya mbere, ariko Liverpool igaragaza ubunararibonye bwayo bwo guhangana no guhindura ibintu mu buryo bunoze, doreko ku kibuga cyabo bahorana ubukombe bwo kudatsindwa.

Ku munota wa 83’, Dominik Szoboszlai, umwe mu bakinnyi b’ingenzi ba Liverpool, ni we wahaye abafana ibyishimo bikomeye atsinda igitego cy’intsinzi, yuzuza ibyo yasabwaga gukora mu mukino.

Iki gitego cyari nk’umutima wa Anfield kuko cyateye abafana bose guhaguruka bagasakuza mu buryo bw’igitangaza, berekana ko gukina muri iki kibuga ari urugamba rutoroshye kuri buri kipe. Abafana ba Liverpool baraye mu munezero udasanzwe, bishimira ko ikipe yabo ikomeje kwerekana ubukaka n’ubudahangarwa mu rugo.

Ku rundi ruhande, Arsenal yasohotse Anfield ifite agahinda, nubwo yagerageje gukina neza no guhatana kugeza ku munota wa nyuma. Umutoza Mikel Arteta yavuze ko gutsindwa kuri iki kibuga bitagoye gusa ahubwo ari isomo rikomeye ku ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya Premier League.

Liverpool yisubije icyubahiro cyayo imbere y’abafana bayo, ishimangira ko Anfield ikiri “igishegeshero” cy’andi makipe akomeye. Kugeza ubu niyo kipe iyoboye urutonde rwa shampiyona rw’agateganyo ku manota 9.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amatora ya FERWAFA aratanga icyizere cy’ubuyobozi bushya

Next Post

Umutwe w’iterabwoba wa Ansar al-Sunnah muri Mozambique bahinda umushyitsi iyo bumvise inzego z’umutekano z’u Rwanda

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umutwe w’iterabwoba wa Ansar al-Sunnah muri Mozambique bahinda umushyitsi iyo bumvise inzego z’umutekano z’u Rwanda

Umutwe w'iterabwoba wa Ansar al-Sunnah muri Mozambique bahinda umushyitsi iyo bumvise inzego z'umutekano z’u Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

October 26, 2025
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

October 26, 2025
Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague

Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague

October 26, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

October 25, 2025

Recent News

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

October 26, 2025
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

October 26, 2025
Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague

Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague

October 26, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

October 25, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

October 26, 2025
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

October 26, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com