• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye
0
SHARES
7
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abarengera inyungu z’umuhanzikazi Marina baramagana ibivugwa ko yaba yibye indirimbo iri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga. Ahubwo bo bavuga ko umuhungu uvuga ko ari iye ashobora kuba ari we wayitiriye Marina, ayisubiramo nyuma yo kuyibona mu buryo butazwi.

Marina yagize ati: “None se indirimbo maranye imyaka ine nayiba gute? Nyikoze kera, nkiri gukorana na Passy Kizito, twatangiriye kuyikorera kwa Element. Simbizi ukuntu yagira ngo ni iye.”

Yongeyeho ko nta na rimwe yigeze amenya uwo musore uvuga ko indirimbo ari iye, kuko n’igihe bamubajije yatangaje ko ngo yayikorewe na Element, nyuma bigasobanuka ko atari byo. Dutekereza ko yaba yarayibonye mu buryo bwo gusangiza indirimbo ku bantu, hanyuma akayisubiramo,” Marina akomeza asobanura.

Eric ureberera inyungu za Marina we yemeza ko ikibazo cyamenyekanye kere, ndetse ko mbere y’uko basohora indirimbo yabo bari bafite amakuru ko hari undi muhanzi watangiye kuyiyitirira, anashyira verisiyo ye kuri YouTube.

Yagize ati: “Twari tubizi. Tumaze gusohora iyacu twasabishije iya YouTube kuko ari iyacu. Uwo musore yigeze no kumpamagara ambwira ngo tuyimufashe asohore kuko yayikorewe na Element, ndetse ansaba ibihumbi 200 Frw. Nyuma yo kubaza Element na Passy Kizito twemeje ko batamuzi rwose, duhitamo gushyira hanze iyacu.”

Kugeza ubu uruhande rwa Marina ruvuga ko nta gushidikanya indirimbo ari iyabo ndetse ko imyaka ine bayimazeho ari gihamya ifatika ko nta bujura bukirimo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Irasubiza Alliance na Matthew Ferris baritegura kwibaruka imfura yabo

Next Post

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

January 13, 2026
Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

January 13, 2026

Recent News

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

January 13, 2026
Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

January 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com