• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Mikel Arteta ashima Pep Guardiola: “kuba ndi hano, ni kubera we”

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yongeye kugaragaza urukundo n’ishimwe afitiye Pep Guardiola wamubereye umutoza mwiza.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 17, 2025
in Imikino
0
Mikel Arteta ashima Pep Guardiola: “kuba ndi hano, ni kubera we”
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yongeye kugaragaza urukundo n’ishimwe afitiye Pep Guardiola wamubereye umutoza mwiza, inshuti ndetse n’umujyanama mu rugendo rwe rw’ubutoza. Arteta yavuze ko impamvu ageze ku rwego ariho ubu ari ukubera ubufasha n’inyigisho yagize igihe bari kumwe muri Manchester City.

“Nahamagawe na Pep mu gitondo, niba ndi hano, ku rwego nk’uru, ni kubera we,”

Yakomeje avuga ati: “Ni kubera Pep, mu buryo bukomeye. Nk’umukinnyi ndetse nk’umutoza, yabaye inspirasiyo yanjye. Yambaye hafi mu buryo butangaje. Ni we muntu wampaye amahirwe yo kwinjira mu mwuga w’ubutoza, akanyinjiza nk’umutoza wa kabiri muri Manchester City.”

Mikel Arteta yamaze imyaka ine i Manchester City, aho yakoranye bya hafi na Guardiola kuva mu 2016 kugeza mu 2019, mbere y’uko ahabwa akazi nk’umutoza mukuru wa Arsenal.

“Iyo myaka ine twamaranye i Man City ni ingenzi cyane mu buzima bwanjye. Nahakuye byinshi byubaka. Pep yanyigishije kureba umukino mu buryo butandukanye. Yanyeretse uko umutoza agomba gutekereza, uko ashyira hamwe ikipe, uko aganira n’abakinnyi, ndetse n’uburyo bwo guhangana n’igitutu cy’imikino ikomeye.”

Arteta yemeza ko n’ubu agifata Guardiola nk’inkingi y’ingirakamaro mu rugendo rwe, ndetse akamugisha inama.

“Nzahora mushimira, kuko ntaba ndi hano ku rwego nk’uru rwiza. Pep ni umuntu wihariye, umunyabwenge, wicisha bugufi kandi ufite umutima wo gufasha abandi kuzamuka.”

Ubu, Arteta amaze kwandika amateka ye bwite muri Arsenal aho ayoboye ikipe iri guhatanira igikombe cya Premier League, binagaragaza ko amasomo yavanye kuri Guardiola atamubanye ubusa.

Mikel Arteta yamaze imyaka ine i Manchester City, aho yakoranye bya hafi na Guardiola kuva mu 2016 kugeza mu 2019

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abasirikare b’u Burundi barenga 17 baguyemo mu mirwano iheruka kubera

Next Post

Havana: Resitora ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ikoranabuhanga riyirimo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Havana: Resitora ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ikoranabuhanga riyirimo

Havana: Resitora ikomeje kuvugisha benshi bitewe n'ikoranabuhanga riyirimo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

August 16, 2025
Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

August 16, 2025
Imyuzure ikomeye muri Pakistan na Kashmir yahitanye abasaga 300, imvura ikomeje kugwa

Imyuzure ikomeye muri Pakistan na Kashmir yahitanye abasaga 300, imvura ikomeje kugwa

August 16, 2025
Levixone na Desire Luzinda basezeranye imbere y’Imana, Eddy Kenzo abagabira inka ebyiri.

Levixone na Desire Luzinda basezeranye imbere y’Imana, Eddy Kenzo abagabira inka ebyiri.

August 16, 2025

Recent News

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

August 16, 2025
Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

August 16, 2025
Imyuzure ikomeye muri Pakistan na Kashmir yahitanye abasaga 300, imvura ikomeje kugwa

Imyuzure ikomeye muri Pakistan na Kashmir yahitanye abasaga 300, imvura ikomeje kugwa

August 16, 2025
Levixone na Desire Luzinda basezeranye imbere y’Imana, Eddy Kenzo abagabira inka ebyiri.

Levixone na Desire Luzinda basezeranye imbere y’Imana, Eddy Kenzo abagabira inka ebyiri.

August 16, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

August 16, 2025
Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

August 16, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com