• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 5, 2026
in Imyidagaduro
0
Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Uwase Muyango Claudine, wamenyekanye cyane nyuma yo kwegukana ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yatangaje ko adashyigikiye na gato imvugo ya Kakooza Nkuriza Charles uzwi cyane nka (KNC) wavuze ko akazi ko โ€˜guhostingaโ€™ gafatwa nkโ€™uburaya.

Ibi Muyango yabivuze mu kiganiro yagiranye nโ€™itangazamakuru mbere yo gufata urugendo rwerekeza i Burayi, aho agiye kuyobora igitaramo kizabera mu Mujyi wa Brussels mu Bubiligi. Muri icyo gitaramo hateganyijwe kuzataramira abahanzi barimo Bruce Melodie na Sheebah Karungi, kikazaba ku wa 7 Werurwe 2026.

Ku wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2026, Muyango yerekeje ku Kibuga Mpuzamahanga cyโ€™Indege cya Kigali giherereye i Kanombe, atangira urugendo rwerekeza mu Bubiligi. Icyo gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuvugwa cyane ku bijyanye nโ€™akazi ko โ€˜guhostingaโ€™, gakorwa ahanini mu birori no mu bitaramo.

Mu minsi ishize, KNC, washinze ikipe ya Gasogi United ndetse akaba anayobora Radio/TV1, yumvikanye atangaza ko kuri we โ€˜guhostingaโ€™ ari uburaya. Aya magambo yatumye habaho impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bavuze ko adakwiye, mu gihe abandi bo bamushyigikiye.

Muyango we yagaragaje ko โ€˜guhostingaโ€™ ari akazi nkโ€™akandi, gasaba ubunyamwuga nโ€™ubushobozi bwo kuyobora ibirori, ashimangira ko bidakwiye guhabwa isura mbi. Yavuze ko buri wese akwiye kubaha imirimo itandukanye, aho kuyigaya cyangwa kuyitesha agaciro.

Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

ADVERTISEMENT
Previous Post

Neymar ni umwe mu bakinnyi bagaragaje amarangamutima kubera imvune ya Rodrygo

Next Post

Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

March 5, 2026
Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

March 5, 2026
Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

March 5, 2026
Neymar ni umwe mu bakinnyi bagaragaje amarangamutima kubera imvune ya Rodrygo

Neymar ni umwe mu bakinnyi bagaragaje amarangamutima kubera imvune ya Rodrygo

March 5, 2026

Recent News

AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

March 5, 2026
Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

March 5, 2026
Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

Muyango Claudine yanenze imvugo ya KNC ku kazi ko ‘guhostinga’

March 5, 2026
Neymar ni umwe mu bakinnyi bagaragaje amarangamutima kubera imvune ya Rodrygo

Neymar ni umwe mu bakinnyi bagaragaje amarangamutima kubera imvune ya Rodrygo

March 5, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

AFC/M23 yatangije gahunda yo gusubukura ubutabera mu Turere twaranzwe nโ€™intambara

March 5, 2026
Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

Uko intambara ya Amerika na Israel kuri Iran ishobora kugirira akamaro u Burusiya

March 5, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com