• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 19, 2025
in Imyidagaduro
0
Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu kiganiro Sunday Choice Live, umuyobozi wa East African Promoters, Muyoboke Alex, yashimangiye ko umuhanzi The Ben ari umwe mu bahanzi bagaragaza ukwiyegurira Imana mu buzima bwabo bwa buri munsi, aho yavuze ko afite umuco wo guhagarika ibyo arimo cyangwa akabyuka agasenga buri saa cyenda.

Muyoboke Alex yasobanuye ko The Ben yakuriye mu rusengero, bikaba byaragize uruhare runini mu myumvire n’imyitwarire ye kugeza n’uyu munsi. Yagize ati: β€œIyo ageze saa cyenda, The Ben ashobora guhagarika byose ari gukora, yaba ari mu kazi cyangwa ahandi, agafata umwanya wo gusenga. Ni ikintu yitaho cyane kandi kimufasha mu buzima bwe bwa buri munsi.”

Yakomeje agaragaza ko The Ben atajya abifata nk’umuco wo kwiyerekana, ahubwo abikora mu bwiyoroshye, agaragaza ko gukora iby’ubushake bw’Imana ari byo bimugiramo amahoro n’umunezero, kurusha icyubahiro cyangwa ibyamamare byo ku Isi.

Ibi byatangajwe mu gihe The Ben akomeje kwigaragaza mu bikorwa by’ivugabutumwa binyuze mu muziki. Mu ijoro ryakeye, yifatanyije na Gisubizo Ministries mu gufata amashusho y’indirimbo nshya bakoranye bise β€œDore Yaraye Ibicumuro”, indirimbo ishingiye ku butumwa bwo kwihana, imbabazi n’icyizere gishya mu Mana.

Iki gikorwa cyongeye kugaragaza ko The Ben atagarukira gusa ku ndirimbo z’urukundo, ahubwo anafite umutima wo gukoresha impano ye mu gukorera Imana no gutanga ubutumwa bwubaka imitima ya benshi, by’umwihariko urubyiruko rumufata nk’icyitegererezo.

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira
ADVERTISEMENT
Previous Post

Diamond Platnumz yongeye kugaragaza urwego rwe mu mideli, nyuma yo kugaragaza isakoshi ihenze ya Louis Vuitton

Next Post

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

December 19, 2025
Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

December 19, 2025

Recent News

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

Barack Obama yongeye gusangiza Isi indirimbo zamushimishije cyane mu mwaka wa 2025

December 19, 2025
Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

Muyoboke Alex arashima ukwizera umuhanzi we The Ben agira

December 19, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

Urukiko rwa Romania rwahanishije Wiz Khalifa igifungo cy’amezi 9 azira gukoresha urumogi ku rubyiniro

December 19, 2025
Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

Lionel Messi, nyuma yo kuhagira Lamine Yamal akiri uruhinja, bategerejwe kuzahurira mu mukino umwe bahanganye

December 19, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

Β© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

Β© 2024 KasukuMedia.com