• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nigeria yashyizeho ikigo gishinzwe gutabara, ni mu gihe hari ubwiyongere bwa virusi ya Lassa

"Indwara ya Lassa yanduje abantu barenga 1,100 muri Nijeriya, yahitanye 190, ikaba yarateye impungenge nyuma y'uko habaye ubwiyongere bwโ€™imfu nโ€™abarwayi benshi."

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 24, 2024
in Amakuru
0
Nigeria yashyizeho ikigo gishinzwe gutabara, ni mu gihe hari ubwiyongere bwa virusi ya Lassa
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Indwara ya Lassa yahitanye abantu 190 muri Nijeriya muri uyu mwaka, ikaba yaranduye abantu barenga 1,100 mu ntara esheshatu. Ibi byatumye Nijeriya ishyiraho ikigo cyita ku gutabara byihutirwa, nyuma yโ€™isuzumabumenyi ryโ€™ikigo gishinzwe kurwanya indwara.

Umuyobozi wโ€™iki kigo yavuze ko kwanduza abantu cyane bibaho hagati yโ€™Ukwakira na Gicurasi, kandi ko mu byumweru bine bishize hagaragaye ubwiyongere bwโ€™imfu nโ€™abarwayi benshi.

Indwara ya hemorhagie ya virusi iterwa n’umuriro wa’indwara ya Lassa, yanduzwa cyane cyane kubantu bahuye basangira ibiryo cyangwa gukoresha bikoresho byo mu rugo byanduye cyangwa se kwegera ahari umwanda nk’inkari zโ€™inkoko cyangwa imyanda muri rusange.

Ibimenyetso birimo umuriro, kubabara umutwe ukabije, kandi mu bihe bikomeye bishoboka kobyanakugeza ku rupfu.

Bitewe nโ€™ubushobozi bw’imbaraga bwโ€™icyorezo ndetse no kubura inkingo zihagije zabavurwa icyi cyorezo cya Lassa, ibyo bituma Lassa ishyirwa mu rwego rwโ€™indwara zโ€™ibanze zishyirwa ku isonga mu ndwara zishobora guhitana abantu benshi ku Isi..

ADVERTISEMENT
Previous Post

Byinshi utamenye ku kamaro ku rusaku rw’imvura

Next Post

Telefoni njyendanwa waba uzi ungaruka mbi ziteza?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Telefoni njyendanwa waba uzi ungaruka mbi ziteza?

Telefoni njyendanwa waba uzi ungaruka mbi ziteza?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko yโ€™ubuzima buzira umuze

Tiโ€™Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cyโ€™abakunda serivisi nziza

January 28, 2026

Recent News

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko yโ€™ubuzima buzira umuze

Tiโ€™Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cyโ€™abakunda serivisi nziza

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com