• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Politike

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiranye ibiganiro i Doha ku mubano w’ibihugu byombi

Ibi biganiro byanitabiriwe na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, byari bigamije gushakira umuti ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane ibirebana n’umutekano mu burasirazuba bwa RDC.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 18, 2025
in Politike
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiranye ibiganiro i Doha ku mubano w’ibihugu byombi
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar.

Ibi biganiro byanitabiriwe na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, byari bigamije gushakira umuti ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane ibirebana n’umutekano mu burasirazuba bwa RDC.

Uyu mubonano wabaye mu gihe umubano w’u Rwanda na RDC umaze igihe utifashe neza, ahanini bitewe n’ukutumvikana ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Congo, aho Leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23, mu gihe u Rwanda ruhakana ibyo birego.

Ku rundi ruhande, u Rwanda rushinja RDC gukorana n’umutwe wa FDLR, ugizwe ahanini n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Qatar byatangaje ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani yagaragaje ubushake bwo gufasha ibi bihugu byombi kugera ku bwumvikane burambye.

Ibiganiro byabereye i Doha byagarutse ku gushaka inzira yo kugarura amahoro mu karere, no kurebera hamwe uko umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda na RDC wasubira mu buryo.

Nubwo nta myanzuro yatangajwe ako kanya, abasesenguzi mu bya politiki bemeza ko ibi biganiro ari intambwe ishimishije mu rugendo rwo gushaka amahoro mu karere.

Perezida Kagame na Tshisekedi bemeye gukomeza ibiganiro binyuze mu nzira za dipolomasi, hagamijwe gushakira umuti ibibazo bikibangamiye umubano w’ibihugu byombi.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Qatar byatangaje ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani yagaragaje ubushake bwo gufasha ibi bihugu byombi kugera ku bwumvikane burambye.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Nel Ngabo na Platini bagiye gukorana ibitaramo bizenguruka u Rwanda mu kumenyekanisha album yabo ‘Vibranium’

Next Post

Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025

Recent News

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com