• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Politike

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiranye ibiganiro i Doha ku mubano w’ibihugu byombi

Ibi biganiro byanitabiriwe na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, byari bigamije gushakira umuti ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane ibirebana n’umutekano mu burasirazuba bwa RDC.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 18, 2025
in Politike
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiranye ibiganiro i Doha ku mubano w’ibihugu byombi
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar.

Ibi biganiro byanitabiriwe na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, byari bigamije gushakira umuti ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane ibirebana n’umutekano mu burasirazuba bwa RDC.

Uyu mubonano wabaye mu gihe umubano w’u Rwanda na RDC umaze igihe utifashe neza, ahanini bitewe n’ukutumvikana ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Congo, aho Leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23, mu gihe u Rwanda ruhakana ibyo birego.

Ku rundi ruhande, u Rwanda rushinja RDC gukorana n’umutwe wa FDLR, ugizwe ahanini n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Qatar byatangaje ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani yagaragaje ubushake bwo gufasha ibi bihugu byombi kugera ku bwumvikane burambye.

Ibiganiro byabereye i Doha byagarutse ku gushaka inzira yo kugarura amahoro mu karere, no kurebera hamwe uko umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda na RDC wasubira mu buryo.

Nubwo nta myanzuro yatangajwe ako kanya, abasesenguzi mu bya politiki bemeza ko ibi biganiro ari intambwe ishimishije mu rugendo rwo gushaka amahoro mu karere.

Perezida Kagame na Tshisekedi bemeye gukomeza ibiganiro binyuze mu nzira za dipolomasi, hagamijwe gushakira umuti ibibazo bikibangamiye umubano w’ibihugu byombi.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Qatar byatangaje ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani yagaragaje ubushake bwo gufasha ibi bihugu byombi kugera ku bwumvikane burambye.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Nel Ngabo na Platini bagiye gukorana ibitaramo bizenguruka u Rwanda mu kumenyekanisha album yabo ‘Vibranium’

Next Post

Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Wari uzi ko ku wa 19 Werurwe ari umunsi wahariwe abagabo mu bihugu bimwe na bimwe?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com