• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Amakuru

Perezida wa M23 yavuze ko “RDC yashakaga gutsinda M23 mbere y’Inama yo ku wa 15 Ukuboza”

Perezida wa M23 avuga ko RDC yashakaga gutsinda M23 mbere y'inama yo ku wa 15 Ukuboza kugira ngo u Rwanda rwemere ibyo Kinshasa ishaka byose..

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 2, 2025
in Amakuru
0
Perezida wa M23 yavuze ko “RDC yashakaga gutsinda M23 mbere y’Inama yo ku wa 15 Ukuboza”
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Bertrand Bisimwa, Perezida wa M23, yabwiye umushakashatsi Bojana Coulibaly ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yashakaga gutsinda abarwanyi ba M23 mbere y’uko Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi bahurira i Luanda ku itariki ya 15 Ukuboza, kuko ngo RDC yifuzaga ko u Rwanda rwemera gusinya ibyo Kinshasa yashakaga.

Bisimwa yagize ati: “Leta ya RDC yashakaga intsinzi mbere y’uwo munsi. Badushyizeho igitutu, bashaka intsinzi ishobora kubashyira mu mwanya mwiza kugira ngo u Rwanda rubure andi mahitamo, keretse gusinya ibyo Kinshasa yifuza cyangwa se bagakomeza gutegereza inama ya Luanda. Iyo ni yo yari intego ya Leta.”

Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23, ariko u Rwanda rurabihakana, ahubwo rukavuga ko M23 urwanira impamvu zumvikana kandi ko RDC ikwiriye gukemura ikibazo cyawo kugira ngo utazahora ari igitotsi mu mubano w’ibihugu byombi.

Bisimwa yasobanuye ko mu gihe M23 ikomeje kwirwanaho mu rugamba rwatangiye mu Ugushyingo 2021, nyuma y’aho ingabo za Leta zateye ibirindiro byayo muri teritwari ya Lubero, M23 yasubiye inyuma, ifata ibindi bice.

Yavuze ko mu rwego rwo kwirwanaho, Leta ya RDC yohereje abasirikare barenga 22,000 bashyigikiwe n’imitwe y’iterabwoba nka FDLR na Wazalendo, bagamije kugaba ibitero kuri M23. Bisimwa yavuze ko M23 yabimenye ndetse ikitegura neza mu buryo buhagije kugira ngo irwanye ubyo bitero.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Leta ya Palestine yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa bya Al Jazeera

Next Post

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ati: “Niboneye Imana n’amaso yanjye”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ati: “Niboneye Imana n’amaso yanjye”

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ati: “Niboneye Imana n’amaso yanjye”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

May 18, 2025
A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

May 18, 2025
Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025

Recent News

Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

May 18, 2025
A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

May 18, 2025
Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

Frank Gashumba yahawe impanuro na Pasiteri Ssempa ku mubano we na Mutoni Patience Malaika

May 18, 2025
A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

A Pass atangaje ko arusha Mowzey Radio ubuhanga mu buvanganzo.

May 18, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com