• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Raporo: Imibare y’Abanyarwanda banduye Virusi Itera SIDA muri 2023

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 7, 2025
in Amakuru
0
Raporo: Imibare y’Abanyarwanda banduye Virusi Itera SIDA muri 2023
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ishusho irambuye y’uko icyorezo cya Virusi Itera SIDA gihagaze mu Rwanda mu 2023. Mu bantu bakuru bari hejuru y’imyaka 25 bapimwe ku bushake, hagaragaye ko muri 694,071 hapimwe, 7,443 bafite iyi virusi.

Uko Intara Zirutanwa mu Mibare:

Intara y’Uburasirazuba: Hapimwe abantu 289,015, hagaragara ko 2,675 banduye.
Intara y’Uburengerazuba: Muri 237,897 bapimwe, abanduye ni 1,431.
Intara y’Amajyaruguru: Hapimwe abantu 143,435, abanduye ni 810.
Intara y’Amajyepfo: Abantu 206,557 bapimwe, 1,543 banduye.
Umujyi wa Kigali: Hapimwe abantu 234,696, hagaragazwa ko abanduye ari 2,811.

Uko Imiti Igabanya Ubukana Ifatwa:

Mu bantu bakuru bafite Virusi Itera SIDA:

  • Abagabo: 36.7% ni bo bafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA.
  • Abagore: 63.3% bayifata.

Mu bana bari munsi y’imyaka 15:

  • Abakobwa: 52.5% bafata imiti igabanya ubukana.
  • Abahungu: 47.5% bayifata.

Imibare y’Abanyarwanda Bipimishije mu 2023

Raporo ya NISR yerekana ko muri 2023, Abanyarwanda 1,111,600 bipimishije ku bushake Virusi Itera SIDA. Muri bo, 9,270 banduye.

  • Abagore bapimwe: 681,934, muri bo 5,518 banduye.
  • Abagabo bapimwe: 429,666, muri bo 3,752 banduye.

Imibare ku Bana n’Urubyiruko

  • Abari munsi y’imyaka 15: Muri 37,158 bapimwe, 225 basanzwemo iyi virusi.
  • Abari hagati y’imyaka 15 na 24: Muri 380,371 bapimwe, 1,602 banduye.

Umwihariko mu Bayifite bashakanye

Mu couples 74,437 zapimwe ku bushake, hagaragaye ko 2,458 muri zo umwe mu bashakanye afite virusi mu gihe undi atayifite.

Raporo yerekana ko Virusi Itera SIDA igikomeje kuba ikibazo gikomeye mu Rwanda, ariko kandi n’imbaraga zishyirwa mu kwipimisha ku bushake, gufata imiti, no gukumira ikwirakwira zigaragaza icyizere cyo kugabanya ubukana bw’iki cyorezo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi wamaganye ifatwa rya Masisi n’umutwe w’inyeshyamba za M23

Next Post

Mu Bufaransa hagaragaye umuntu wa mbere wagaragayeho ubwoko bushya bwa Monkeypox buzwi nka Clade 1b

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Mu Bufaransa hagaragaye umuntu wa mbere wagaragayeho ubwoko bushya bwa Monkeypox buzwi nka Clade 1b

Mu Bufaransa hagaragaye umuntu wa mbere wagaragayeho ubwoko bushya bwa Monkeypox buzwi nka Clade 1b

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026

Recent News

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com