• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Taylor Swift na Travis Kelce bahakanye ibihuha by’itandukana babonetse basohokanye i Philadelphia

Nyuma y'amezi menshi batagaragara hamwe, aba bombi bagaragaye bishimye, bahamya ko urukundo rwabo rukomeye nubwo hari ibibazo bya mategeko bihangayikishije Taylor Swift.

PRINCE WAZIEL by PRINCE WAZIEL
May 12, 2025
in Imyidagaduro
0
Taylor Swift na Travis Kelce bahakanye ibihuha by’itandukana babonetse basohokanye i Philadelphia
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Taylor Swift na Travis Kelce si abavandimwe… ariko koko bagaragaje urukundo rwinshi i Philadelphia — ndetse abafana babo ubu bashobora guhumurizwa.

Aba bombi bagaragara basohokanye ku cyumweru mu mujyi wa Philadelphia… aho hari umuntu wabafotoye bari mu kabari barimo gusangira no kuganira.

Murebe amafoto… Taylor agaragara yishimye cyane, afite inseko nini ubwo yari ari kunyura muri icyo kabyiniro, mu gihe umukunzi we Kelce yari amukurikira inyuma, afite isura ituje kandi itagira byinshi igaragaza.

Ibi bibaye ari bwo bwa mbere bagaragara mu ruhame nyuma y’amezi menshi… kandi byahise bihosha ibihuha byari byaravuzwe ko baba baratandukanye.

Taylor Swift na Travis Kelce babonetse i Philadelphia nyuma y’igihe kirekire bataboneka mu ruhame

Niba utari ubitayeho… hari abafana batangiye kugira impungenge kuko aba bombi bari bamaze igihe kinini bataboneka hamwe, kuva muri Werurwe ubwo basohokanye gufata amafunguro muri New York City.

Banahisemo kuditabira Met Gala yabaye mu cyumweru gishize… aho amakuru yegereye bombi avuga ko bahuzwaga cyane n’akazi, kuburyo batabonye umwanya wo kwitabira iki gitaramo cy’uburanga cyari gikomeye.

Taylor ubwe agaragara adafite icyo yikanga muri aya mafoto… nubwo mu cyumweru gishize yagejejweho urupapuro rumusaba kwitaba urukiko ku bijyanye n’urubanza ruri hagati ya Justin Baldoni na Blake Lively.

Ibyo wibuke ni uko Justin Baldoni yavuze ko Taylor yaje mu nama yari afite na Blake… ndetse n’ubutumwa bwagiye ahagaragara ngo bukaba bwerekana Blake yita Taylor “ikinyamaswa (dragon)” mu gihe we yiyitaga “nyina w’ibinyamaswa”.

Taylor Swift na Travis Kelce babonetse i Philadelphia nyuma y’igihe kirekire bataboneka mu ruhame

Umuvugizi wa Taylor Swift yahise asubiza kuri ayo makuru y’urupapuro rw’inkiko… avuga ati: “Taylor Swift ntigeze aninjira aho bakiniraga uyu mukino wa filime, ntiyigeze anagira uruhare mu guhitamo abakinnyi cyangwa mu by’ubuhanzi bijyanye n’iyi filime, ntiyigeze ahindura cyangwa ngo anenge igice na kimwe cy’iyi filime, ndetse ntiyigeze ayireba kugeza hashize ibyumweru bike isohotse ku mugaragaro, kuko mu mwaka wa 2023 na 2024 yari mu rugendo rw’ibitaramo bikomeye ku isi yose.”

Nubwo Taylor ashobora kuzagira umutwe kubera ibyo bibazo by’amategeko biri imbere. biragaragara ko umukunzi we Kelce akiri inyuma ye nk’umurinzi kuko bagaragara bameze neza nk’abakundana bihagije!

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amber Heard yibarutse impanga, umuryango we uraguka.

Next Post

Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni 1, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

PRINCE WAZIEL

PRINCE WAZIEL

Next Post
Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni 1, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni 1, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025

Recent News

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com