• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ibindi

TikTok yagarutse ku murongo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kuvaho mu gihe kitageze ku masaha 24

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 20, 2025
in Ibindi
0
TikTok yagarutse ku murongo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kuvaho mu gihe kitageze ku masaha 24
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’uko urubuga rwa TikTok ruhagaritswe by’agateganyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, benshi mu bakunzi barwo n’abakoresha barwo bagaragaje akababaro nโ€™uburakari kuri uyu mwanzuro. Ni icyemezo cyaje kigwiriye cyane cyane urubyiruko, dore ko TikTok ari urubuga rukoreshwa cyane nโ€™abasore nโ€™inkumi mu gusangiza amafoto nโ€™amashusho afatwa nkโ€™ubutumwa bwihuse.

Icyakora, icyatunguranye ni uko uru rubuga rwongeye gusubira ku murongo mu gihe kitageze ku masaha 24 rufunzwe, ibintu byashimishije benshi ndetse bigaragaza ko hari icyizere ku bijyanye nโ€™uburenganzira bwโ€™ikoranabuhanga muri Amerika.

Bivugwa ko iki cyemezo cyo kongera gufungura TikTok cyashingiye ku biganiro hagati yโ€™abategetsi bakuru, barimo nโ€™umuyobozi mukuru wโ€™uru rubuga ndetse na Donald Trump, uherutse kurahirira kuyobora Amerika.

Ni ikimenyetso cyโ€™uko ibibazo bishingiye ku mahame yโ€™umutekano nโ€™uburenganzira bwโ€™abakoresha ikoranabuhanga bishobora gukemurwa binyuze mu biganiro, aho gufata ibyemezo byihuse bigira ingaruka ku muryango mugari.

Ku rundi ruhande, abasesenguzi bemeza ko kongera gufungura uru rubuga byaba bigamije guhosha imyigaragambyo yโ€™abasanzwe barukoresha, dore ko bari batangiye kugaragaza ko batishimiye na gato icyemezo cyo guhagarika TikTok.

Ibi bibaye mu gihe Donald Trump yinjiye mu ngoro yโ€™umukuru wโ€™Igihugu yemeza ko azashyira imbere uburenganzira bwa buri wese, harimo no kubahiriza amategeko arebana nโ€™ikoranabuhanga, ibintu benshi bafata nkโ€™icyizere ku hazaza hโ€™ubwisanzure ku mbuga nkoranyambaga muri Amerika.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umugore wโ€™Umunya-Turkiya Azra Ay Vandan yatawe muri yombi agerageza igikorwa cyo kuryamana n’abagabo 100 mu masaha 24

Next Post

Imodoka yo mu Rwanda yarenze umuhanda yangiza inzu nโ€™amaduka muri Uganda

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Imodoka yo mu Rwanda yarenze umuhanda yangiza inzu nโ€™amaduka muri Uganda

Imodoka yo mu Rwanda yarenze umuhanda yangiza inzu nโ€™amaduka muri Uganda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

April 21, 2026
Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

April 21, 2026
Liam Rosenior yahakanye amakuru avuga ko Alejandro Garnacho ashobora kugurishwa

Liam Rosenior yahakanye amakuru avuga ko Alejandro Garnacho ashobora kugurishwa

April 21, 2026
Rashford aracyari mu gihirahiro hagati ya Manchester United na Barcelona

Rashford aracyari mu gihirahiro hagati ya Manchester United na Barcelona

April 18, 2026

Recent News

Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

April 21, 2026
Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

April 21, 2026
Liam Rosenior yahakanye amakuru avuga ko Alejandro Garnacho ashobora kugurishwa

Liam Rosenior yahakanye amakuru avuga ko Alejandro Garnacho ashobora kugurishwa

April 21, 2026
Rashford aracyari mu gihirahiro hagati ya Manchester United na Barcelona

Rashford aracyari mu gihirahiro hagati ya Manchester United na Barcelona

April 18, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

Umuhanzi Full Stop ukomoka i Bujumbura akomeje guca impaka muri uyu Mujyi wa Kigali

April 21, 2026
Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

Ti’Amo Lounge yongeye gufungura amarembo, nyuma yo kumara igihe gito bari mu bikorwa byo kuvugurura

April 21, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com