• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigaragaza nk’ahantu hizewe ho gusohokera, cyane cyane ku rubyiruko n’abantu bakunda imyidagaduro iri ku rwego rwo hejuru.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 7, 2026
in Imyidagaduro
0
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2026, abakunzi b’imyidagaduro bategerejwe mu gitaramo cyihariye cyiswe “PULSE SATURDAY”, kiraba cyabereye muri Bar&Resto Ti’Amo Lounge i Remera, ahazwiho guhuriza hamwe umuziki mwiza, serivisi zinoze n’ikirere gishimishije. Ni ijoro riteganyijwe kuzanamo umunezero udasanzwe, aho injyana zigezweho ziracurangwa mu buryo bwo gushimisha abakunzi bazo mu buryo budasanzwe.

Iki gitaramo kirasusurutswa n’abavanga imiziki bakunzwe cyane barimo Dj Brian na Nicolas Peks, bafite uburambe n’ubuhanga mu gutuma abantu bishimira umuziki. Dj Brian araba ashyushya abantu abinyujije mu njyana zirimo Afrobeat, Amapiano na Hip-Hop, zimaze kwigarurira imitima ya benshi. Ku rundi ruhande, Nicolas Peks arba ari kongeramo umwihariko we uzwi mu guhuza Electro, House n’izindi njyana zibyinitse, bituma ijoro rigira uburyoshye budasanzwe.

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigaragaza nk’ahantu hizewe ho gusohokera, cyane cyane ku rubyiruko n’abantu bakunda imyidagaduro iri ku rwego rwo hejuru. Uretse umuziki, abazitabira “PULSE SATURDAY” baraza kuryoherwa n’ibinyobwa bitandukanye n’amafunguro meza, byose bituma umunezero wiyongera.

Abategura iki gitaramo barahamagarira abakunzi b’imyidagaduro kwitabira ari benshi, bakahagera hakiri kare kugira ngo batabura umwanya. “PULSE SATURDAY” si igitaramo gusa, ni ijoro ryo guhuza inshuti, kwidagadura by’ukuri no kurema memories zitazibagirana.

Igitaramo “PULSE SATURDAY” kuri uyu wa Gatandatu kiraba cyuzuyemo umunezero udasanzwe
Ntuzacikwe n’igitaramo cyo ku munsi wo ku Cyumweru kizaba cyiganjemo abarimo Jesca, CYCY, Mc Pato, Dj Caspi, Dj Rice, Dj Cyusa, Tasha The Deejay
Ti’Amo bagufitiye amafunguro atandukanye kandi ateguwe kinyamwuga

ADVERTISEMENT
Previous Post

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Next Post

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw'umukecuru uri mu kigero cy'imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

February 7, 2026
Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

February 7, 2026

Recent News

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

February 7, 2026
Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

February 7, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com