• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Perezida Paul Kagame yabajije icyakorwa kugira ngo abo bamamaza biyongere, Minisitiri asobanura ko bisaba ubukangurambaga bwo gukangurira ibigo n’abantu kwamamaza kuri izo mbuga.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 7, 2026
in Amakuru
0
Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku munsi wa kabiri w’Inama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 20, umuhanzi Bruce Melodie yagaragaje impungenge ku kuba Abanyarwanda bakoresha imbuga nkoranyambaga batinjiza amafaranga nk’uko bimeze mu bindi bihugu, asaba ko hashyirwaho uburyo bwo kuziha agaciro katuma zitangira guhemba abazikoresha.

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yasobanuye ko u Rwanda rwakoze ibisabwa byose ku ruhande rwarwo, ariko hakiri inzitizi zituruka ku bigo bikora izo mbuga nkoranyambaga birimo Meta, YouTube na TikTok. Yavuze ko ibyo bigo bigendera ku bipimo bitatu mbere yo kwemerera igihugu gutangira kwinjiza amafaranga avuye ku mbuga byabo.

Icya mbere, Minisitiri Ingabire yavuze ko bareba ibijyanye n’umutekano n’ububiko bw’amakuru, imisoro n’ibikorwa remezo by’ikoranabuhanga, aho u Rwanda rwamaze kubyuzuza byose. Icya kabiri, bareba umubare w’abamamaza, bisaba ko igihugu kiba gifite ubushobozi bwo gushora hagati ya 500,000$ na 1,000,000$ mu kwamamaza kuri izo mbuga, binyuze mu kugura amatangazo (ads).

Icya gatatu, ni uburyo bwo kwishyurwa, aho Minisitiri yavuze ko nabwo bwamaze gutegurwa. Gusa ikikiri imbogamizi ni ukongera umubare w’abamamaza bakoresha izo mbuga nkoranyambaga.

Perezida Paul Kagame yabajije icyakorwa kugira ngo abo bamamaza biyongere, Minisitiri asobanura ko bisaba ubukangurambaga bwo gukangurira ibigo n’abantu kwamamaza kuri izo mbuga.

N’ubwo bimeze gutyo, hari Abanyarwanda bake bashobora kwinjiza amafaranga kuri YouTube, ariko bikaba bike cyane kuko ahemberwa ahanini ku barebye ibiriho bari mu bihugu byemerewe, rimwe na rimwe bigasaba kwiyandikisha mu mahanga.

Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gukorana n’ibigo by’imbuga nkoranyambaga kugira ngo Abanyarwanda batandukanye batangire kubona umusaruro usesuye w’imbuga bakoresha.

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads
ADVERTISEMENT
Previous Post

Urubanza rwa Turahirwa Moses ruzaburanishwa mu bujurire ku wa 16 Gashyantare 2026

Next Post

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

June 10, 2026
Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

June 10, 2026
Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026

Recent News

Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

June 10, 2026
Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

June 10, 2026
Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

Yampano yasabiwe imbabazi n’umubyeyi we, nyuma yo gufungwa by’agateganyo

June 10, 2026
Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

Bruce Melodie yashyizeho itike ya 500,000 Frw mu gitaramo cya Summer Country Tour i Musanze

June 10, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com