• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuhanzi Young Jally aheruka gusohora indirimbo yise ‘SAVA Lee’ ikomeje kuvugisha abatari bake

Umuhanzi Young Jally, ukomoka mu Rwanda ariko ubu utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kwerekana impano ye idasanzwe mu muziki aho aheruka gusohora indirimbo nshya yise "SAVA Lee".

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 8, 2025
in Imyidagaduro
0
Umuhanzi Young Jally aheruka gusohora indirimbo yise ‘SAVA Lee’ ikomeje kuvugisha abatari bake
0
SHARES
28
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi Young Jally, ukomoka mu Rwanda ariko ubu utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kwerekana impano ye idasanzwe mu muziki aho aheruka gusohora indirimbo nshya yise “SAVA Lee”. Iyi ndirimbo nshya ikaba imaze iminsi mike isohotse, ku bakunda injyana zigezweho zihuza umudiho wa Afrobeat, R&B n’umuziki ucengera mu mitima bavuze ko iyi ndirimbo ariyo iri kubakorera umunsi.

Young Jally, umaze igihe akorera umuziki muri Amerika, asanzwe azwiho guhanga indirimbo zifite ubutumwa buhamye kandi bufite aho buhurira n’ubuzima bwa buri munsi.

Mu kiganiro yagiranye na Kasuku Media, yavuze ko “SAVA Lee” ari inkuru y’urukundo ihuza amagambo yuje impuhwe, ubunyamwuga mu myandikire n’imiririmbire, ndetse n’urusobe rw’amajwi akurura amatwi.

Yongeyeho ko iyi ndirimbo yayitekereje ubwo yari mu rugendo rw’akazi, maze akabona ari ingenzi guha abafana be igihangano kibashimisha kandi kibahuza mu buryo bw’umuziki n’ubutumwa. “SAVA Lee si indirimbo isanzwe, ni inkuru yanjye bwite ariko yanditse mu buryo buri wese ashobora kuyibonamo,” niko Young Jally yabivuze.

Iyi ndirimbo yatunganyijwe n’umwe mu batunganya umuziki Pakkage kugeza ubu uri mu bakunzwe mu gihugu cy’u Rwanda ndetse no hanze yacyo, iyi ndirmbo kandi ikomeje gufata imbuga nkoranyambaga bitewe n’umwimerere ifite.

Abasesenguzi mu bya muzika bavuga ko iyi ndirimbo ishobora kuba imwe mu zizafasha Young Jally gukomeza kwagura izina rye, kuko imaze no guca ku maradiyo amwe namwe bitewe n’umwimerere ikoranye.

Abafana barasabwa kuyireba ku rubuga rwa YouTube no kuyisangiza inshuti kugira ngo ubutumwa bwayo bugere kure. Young Jally nawe yatangaje ko agiye gukomeza gukora indirimbo nziza zishimisha abafana mu ngeri zose ku Isi.

Umuhanzi Young Jally aheruka gusohora indirimbo yise ‘SAVA Lee’ ikomeje kuvugisha abatari bake
Young Jally, umaze igihe akorera umuziki muri Amerika, asanzwe azwiho guhanga indirimbo zifite ubutumwa bufite aho buhurira n’ubuzima bwa buri munsi
Iyi ndirimbo nshya ikaba imaze iminsi mike isohotse, ku bakunda injyana zigezweho zihuza umudiho wa Afrobeat, R&B
ADVERTISEMENT
Previous Post

Hakomeje kuba impaka nyinshi kw’isohorwa ry’igitabo cya Miss Rwanda 2020, Nishimwe Naomie

Next Post

Kwicwa n’ivangura ku basirikare ba Banyamulenge muri RDC bikomeje gufata indi ntera

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kwicwa n’ivangura ku basirikare ba Banyamulenge muri RDC bikomeje gufata indi ntera

Kwicwa n’ivangura ku basirikare ba Banyamulenge muri RDC bikomeje gufata indi ntera

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

August 12, 2025
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

August 12, 2025
Umuhanzi Djazmir yaraye ashyize hanze ndirimbo yise ‘No doubt’

Umuhanzi Djazmir yaraye ashyize hanze ndirimbo yise ‘No doubt’

August 11, 2025
Umuhanzikazi Jody Bright yasohoye indirimbo yise ‘Wirira’, ikoze mu njyana Gakondo

Umuhanzikazi Jody Bright yasohoye indirimbo yise ‘Wirira’, ikoze mu njyana Gakondo

August 11, 2025

Recent News

Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

August 12, 2025
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

August 12, 2025
Umuhanzi Djazmir yaraye ashyize hanze ndirimbo yise ‘No doubt’

Umuhanzi Djazmir yaraye ashyize hanze ndirimbo yise ‘No doubt’

August 11, 2025
Umuhanzikazi Jody Bright yasohoye indirimbo yise ‘Wirira’, ikoze mu njyana Gakondo

Umuhanzikazi Jody Bright yasohoye indirimbo yise ‘Wirira’, ikoze mu njyana Gakondo

August 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

Isak ashaka guhunga Newcastle nk’uhunga intambara zo muri DRC

August 12, 2025
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

Umunyezamu Gianluigi Donnarumma, ibyo kwiyunga na PSG bisa nkibidashoboka

August 12, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com