• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umukecuru w’imyaka 105 yemeza ko kudashaka umugabo no kunywa inzoga ariryo banga rye ryo kurama

Kathleen Hennings, umukecuru w’imyaka 105 ukomoka i Cheltenham mu Bwongereza, akomeje kugenda avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’isabukuru ye y’amavuko aherutse kwizihiza.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 3, 2025
in Imyidagaduro
0
Umukecuru w’imyaka 105 yemeza ko kudashaka umugabo no kunywa inzoga ariryo banga rye ryo kurama
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Kathleen Hennings, umukecuru w’imyaka 105 ukomoka i Cheltenham mu Bwongereza, akomeje kugenda avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’isabukuru ye y’amavuko aherutse kwizihiza. Yatangaje ko ibanga ryamufashije kuramba ari ukunywa inzoga nziza no kuguma ari “Single” ntashake umugabo.

Uyu mukecuru akunda cyane inzoga ya Guinness, ikorerwa muri Ireland, ndetse yatangiye kuyinywa afite imyaka 18 ye y’amavuko.

Kuva icyo gihe, yabaye umukunzi ukomeye wayo kandi yizera ko yamufashije kugumana imbaraga ndetse n’itoto. Kathleen avuga ko iyi nzoga ituma yumva aruhutse kandi ifasha umubiri we gukomeza kuba muzima.

Uretse kunywa Guinness, Kathleen ashimangira ko kudashaka umugabo byamufashije kwirinda stress, ibintu benshi bavuga ko bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima.

Yemeza ko kutajyana mu rukundo byatumye yitangira umwuga we nk’umubaruramari, bituma abasha kugira umutekano w’imibereho nta nkeke cyangwa guhangayikishwa n’ibibazo by’urushako.

Kathleen yishimira cyane ubuzima bwe, aho yibanda ku kwidagadura, gusohokera ahantu akunda, kugira inshuti nyinshi no kubaho ubuzima bwuzuyemo ibyishimo.

Avuga ko kwishimira ubuzima, kwirinda ibitekerezo bibi no kugira ibyishimo biri mu byatumye agera ku myaka 105 ari muzima kandi afite akanyamuneza.

Inkuru y’uyu mukecuru yakomeje gutangaza benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bamushimira kuba akomeje kugaragaza urugero rwiza rw’uko umuntu ashobora kugira ubuzima burambye kandi bwiza. Hari n’abamufata nk’icyitegererezo, bagashishikarira kumwigiraho uburyo bwo kubaho ubuzima bworoshye ariko bunogeye nyirabwo.

Kathleen yishimira cyane ubuzima bwe, aho yibanda ku kwidagadura, gusohokera ahantu akunda, kugira inshuti nyinshi no kubaho ubuzima bwuzuyemo ibyishimo.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kuva yatangira akazi ke k’ubutoza, Hansi Flick ntiyari yatsindwa umukino wa nyuma n’umwe

Next Post

Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025

Recent News

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com