• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umukecuru w’imyaka 105 yemeza ko kudashaka umugabo no kunywa inzoga ariryo banga rye ryo kurama

Kathleen Hennings, umukecuru w’imyaka 105 ukomoka i Cheltenham mu Bwongereza, akomeje kugenda avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’isabukuru ye y’amavuko aherutse kwizihiza.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 3, 2025
in Imyidagaduro
0
Umukecuru w’imyaka 105 yemeza ko kudashaka umugabo no kunywa inzoga ariryo banga rye ryo kurama
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Kathleen Hennings, umukecuru w’imyaka 105 ukomoka i Cheltenham mu Bwongereza, akomeje kugenda avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’isabukuru ye y’amavuko aherutse kwizihiza. Yatangaje ko ibanga ryamufashije kuramba ari ukunywa inzoga nziza no kuguma ari “Single” ntashake umugabo.

Uyu mukecuru akunda cyane inzoga ya Guinness, ikorerwa muri Ireland, ndetse yatangiye kuyinywa afite imyaka 18 ye y’amavuko.

Kuva icyo gihe, yabaye umukunzi ukomeye wayo kandi yizera ko yamufashije kugumana imbaraga ndetse n’itoto. Kathleen avuga ko iyi nzoga ituma yumva aruhutse kandi ifasha umubiri we gukomeza kuba muzima.

Uretse kunywa Guinness, Kathleen ashimangira ko kudashaka umugabo byamufashije kwirinda stress, ibintu benshi bavuga ko bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima.

Yemeza ko kutajyana mu rukundo byatumye yitangira umwuga we nk’umubaruramari, bituma abasha kugira umutekano w’imibereho nta nkeke cyangwa guhangayikishwa n’ibibazo by’urushako.

Kathleen yishimira cyane ubuzima bwe, aho yibanda ku kwidagadura, gusohokera ahantu akunda, kugira inshuti nyinshi no kubaho ubuzima bwuzuyemo ibyishimo.

Avuga ko kwishimira ubuzima, kwirinda ibitekerezo bibi no kugira ibyishimo biri mu byatumye agera ku myaka 105 ari muzima kandi afite akanyamuneza.

Inkuru y’uyu mukecuru yakomeje gutangaza benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bamushimira kuba akomeje kugaragaza urugero rwiza rw’uko umuntu ashobora kugira ubuzima burambye kandi bwiza. Hari n’abamufata nk’icyitegererezo, bagashishikarira kumwigiraho uburyo bwo kubaho ubuzima bworoshye ariko bunogeye nyirabwo.

Kathleen yishimira cyane ubuzima bwe, aho yibanda ku kwidagadura, gusohokera ahantu akunda, kugira inshuti nyinshi no kubaho ubuzima bwuzuyemo ibyishimo.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kuva yatangira akazi ke k’ubutoza, Hansi Flick ntiyari yatsindwa umukino wa nyuma n’umwe

Next Post

Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Elon Musk Arasezera ku Mwanya we muri leta(DOGE)?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

July 6, 2025
Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

July 6, 2025
Kudus yifuje Spurs, West Ham ikomeza kwinangira

Kudus yifuje Spurs, West Ham ikomeza kwinangira

July 6, 2025
Bobrisky yaciye agahigo: Yikuye igitsina, ahindura uruhu nk’umuzungu!

Bobrisky yaciye agahigo: Yikuye igitsina, ahindura uruhu nk’umuzungu!

July 6, 2025

Recent News

Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

July 6, 2025
Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

July 6, 2025
Kudus yifuje Spurs, West Ham ikomeza kwinangira

Kudus yifuje Spurs, West Ham ikomeza kwinangira

July 6, 2025
Bobrisky yaciye agahigo: Yikuye igitsina, ahindura uruhu nk’umuzungu!

Bobrisky yaciye agahigo: Yikuye igitsina, ahindura uruhu nk’umuzungu!

July 6, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

Dr Paluku yitabye Imana arashwe n’abitwaje intwaro i Goma

July 6, 2025
Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

Arsenal FC yasinyishije umukinnyi wo hagati Martin Zubimendi ku masezerano y’imyaka itanu

July 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com