• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Umunyezamu wa mbere wa Nigeria ntabwo azakina n’Amavubi

JaySqueezer by JaySqueezer
November 17, 2024
in Imikino
0
Umunyezamu wa mbere wa Nigeria ntabwo azakina n’Amavubi
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Nigeria, Stanley Nwabali ntabwo azakina n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi nyuma yo kumenya inkuru mbi ko Se umubyara yitabye Imana.

Kuwa Wa Mbere w’icyumweru gitaha taliki ya 18 Ugushyingo 2024 Saa kumi nebyiri nibwo Nigeria izakira Amavubi kuri Godswill Akpabio Stadium mu mukino wo ku munsi wa gatandatu wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2026 kizabera muri Morocco.

Mbere yuko uyu mukino ukinwa umunyezamu usanzwe ari uwa mbere wa Nigeria unakinira ikipe ya Chippa United Football Club yo muri Afurika y’Epfo, Stanley Nwabali yakiriye inkuru itari nziza ko Se umubyara yitabye Imana none ntabwo azawukina.

Se w’uyu munyezamu witwa Chief Godspower Onyekam Abali yitabye Imana kuwa Gatatu ariko abo mu muryago we bamuhisha aya makuru dore ko yari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu bategura umukino na Benin.

Nyuma yo kunganya na Benin 1-1 kuwa kane ninjoro ni bwo Stanley Nwabali yamenye iyo nkuru mbi ko Se umubyara yitabye Imana ku myaka 67. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Nigeria ya hise amuha uruhushya kugira ngo ajye gushyingura.

Ibi bivuze ko hagati ya Maduka Okoye na Amas Obasogie ari hazavamo umunyezamu ubanza mu kibuga Nigeria ikina n’Amavubi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yageze muri Nigeria ejo nimugoroba, bikaba bitegerejwe ko iri bukore imyitozo ya mbere.
Amavubi arasabwa gutsinda uyu mukino kugira ngo agire icyizere cyo kuzajya mu gikombecy’Afurika mu gihe Libya nayo yaba yatsinze Benin.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Real Madrid irufuza myugariro wa Liverpool Trent Alexander-Arnold.

Next Post

Niyo Bosco hamwe na Harrison Record basohoye indirimbo bise “Ubu Ndera”

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Niyo Bosco hamwe na Harrison Record basohoye indirimbo bise “Ubu Ndera”

Niyo Bosco hamwe na Harrison Record basohoye indirimbo bise “Ubu Ndera”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025
Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

July 2, 2025
Ray G yemeza ko intego ari yo shingiro ry’umuziki we aho gukurikirana inyungu z’amafaranga

Ray G yemeza ko intego ari yo shingiro ry’umuziki we aho gukurikirana inyungu z’amafaranga

July 2, 2025
Irlande: Igihugu gito cyigaruriye Isi ya Golf

Irlande: Igihugu gito cyigaruriye Isi ya Golf

July 2, 2025

Recent News

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025
Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

July 2, 2025
Ray G yemeza ko intego ari yo shingiro ry’umuziki we aho gukurikirana inyungu z’amafaranga

Ray G yemeza ko intego ari yo shingiro ry’umuziki we aho gukurikirana inyungu z’amafaranga

July 2, 2025
Irlande: Igihugu gito cyigaruriye Isi ya Golf

Irlande: Igihugu gito cyigaruriye Isi ya Golf

July 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025
Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Iby’amasezerano Amerika na Congo bemeranyije gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

July 2, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com