• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umusizi akaba n’umukinnyi wa filime, Mutoni Saranda Oliva ari mu kababaro, nyuma yo kubura umubyeyi we

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 6, 2025
in Imyidagaduro
0
Umusizi akaba n’umukinnyi wa filime, Mutoni Saranda Oliva ari mu kababaro, nyuma yo kubura umubyeyi we
0
SHARES
94
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umusizi akaba n’umukinnyi wa filime Nyarwanda Mutoni Saranda Oliva, nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara. Uyu mubyeyi yitabye Imana kuri uyu wa 06 Ugushyingo 2025, azize uburwayi yari amaranye igihe gito, nk’uko byemejwe n’abo mu muryango.

Mutoni Saranda Oliva, uzwi mu bihangano bye by’ubusizi bivuga ku rukundo, ubuzima n’ukuri k’ubuzima bwa muntu, ndetse no mu mafirime anyuranye yagiye agaragaramo ashamikiye kuri Zacu Entertainment, yatangaje ko kubura nyina ari igihombo gikomeye mu buzima bwe. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yanditse amagambo akora ku mutima agira ati: “Nabuze inshuti, nabuze umutima unyumva, nabuze umutabazi wanjye wa mbere. Mama, uvuye mu Isi ariko izina ryawe rizahora mu mitima yacu.”

Ubwo Kasuku Media yageragezaga gukusanya amakuru, umunyeshuri muri Mount Kigali University wigeze kwigana na Saranda witwa Roger Uwineza: “yavuze ko bitari byoroshye ku byiyumvisha, doreko nawe yabonye inshuti ya Saranda ibishyira kuri status ya Whatsapp, bityo bikamutungura niko kubaza amakuru y’ibyabaye, ati nuko nanjye nabibonye pe!”

Saranda yakomeje kwandikirwa ubutumwa bugufi bumwihanganisha. Abafana n’inshuti za Mutoni Saranda bamugaragarije ubutumwa bwo kumuhumuriza, bamwifuriza gukomera muri ibi bihe bigoye arimo byo kubura umubyeyi wamubyaye.

Bamwe mu bamuzi bavuga ko Mutoni Saranda ni umwe mu bahanzi bafite impano yihariye mu busizi cyangwa se no mu gukina filime, umubabaro yatewe n’urupfu rwa nyina umubyara ushobora kumubera isoko y’ibihangano bishya bizaba byuzuyemo ubutumwa bwo kwihangana.

Umusizi akaba n’umukinnyi wa filime, Mutoni Saranda Oliva ari mu kababaro, nyuma yo kubura umubyeyi we

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Gisozi: Abaturage basanze umugore w’imyaka 40 mu muhanda yapfuye

Next Post

Angelique Kidjo niwe muhanzikazi umaze guhatanira Grammy Awards inshuro 16

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Angelique Kidjo niwe muhanzikazi umaze guhatanira Grammy Awards inshuro 16

Angelique Kidjo niwe muhanzikazi umaze guhatanira Grammy Awards inshuro 16

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

December 24, 2025
Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

December 24, 2025
Nicki Minaj yateje urujijo, nyuma yo kugaragara ko konti ye ya intsagram itakiri ku murongo

Nicki Minaj yateje urujijo, nyuma yo kugaragara ko konti ye ya intsagram itakiri ku murongo

December 24, 2025
Rachel Uwase yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Shafati mu itorero rya ADEPR Segeem

Rachel Uwase yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Shafati mu itorero rya ADEPR Segeem

December 24, 2025

Recent News

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

December 24, 2025
Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

December 24, 2025
Nicki Minaj yateje urujijo, nyuma yo kugaragara ko konti ye ya intsagram itakiri ku murongo

Nicki Minaj yateje urujijo, nyuma yo kugaragara ko konti ye ya intsagram itakiri ku murongo

December 24, 2025
Rachel Uwase yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Shafati mu itorero rya ADEPR Segeem

Rachel Uwase yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Shafati mu itorero rya ADEPR Segeem

December 24, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’abarimo Prophet Joshua ku cyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu

December 24, 2025
Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

Man City irateganya kuganiriza ikipe ya Bournemouth ku igurwa rya Antoine Semenyo

December 24, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com