• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

Mu bihe byashize, Coogler yigeze guhura n’ibibazo by’amikoro, aho byageze igihe agira umwenda ugera ku bihumbi 200 by’amadolari y’Amerika.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 24, 2026
in Imyidagaduro
0
Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu mwaka wa 2026, izina rya Ryan Coogler ryavuzwe cyane mu ruhando rwa sinema ku Isi, nyuma yo gukora filime Sinners yitwaye neza ikegukana ibihembo bine bya Oscars. Iyi ntsinzi yaje ishimangira ubuhanga bwe nk’umwanditsi n’umuyobozi wa filime, ariko inyuma yayo hihishe amateka arimo urugamba rukomeye.

Mu bihe byashize, Coogler yigeze guhura n’ibibazo by’amikoro, aho byageze igihe agira umwenda ugera ku bihumbi 200 by’amadolari y’Amerika bitewe n’amashuri. Icyo gihe ntiyari azi neza ejo hazaza he, ariko yakomeje gukurikira inzozi ze zo gukora filime, yiringira ko hari igihe bizamuhira.

Mu birori bya Academy Awards 2026 byabaye ku wa 15 Werurwe 2026, Coogler yahawe igihembo cya ‘Best Original Screenplay’, aba umwe mu birabura bake bageze kuri iyo ntsinzi, akurikiye Jordan Peele wabigezeho mu 2018.

Filime Sinners yanahesheje Michael B. Jordan igihembo cya ‘Best Actor’, mu gihe Autumn Durald Arkapaw yaciye agahigo nk’umugore wa mbere wegukanye ‘Best Cinematography’. Naho Ludwig Göransson atsindira ‘Best Original Score’.

Iyi filime yinjije amafaranga arenga miliyoni 370 z’amadolari ku Isi yose, ndetse igira amanota 100% kuri Rotten Tomatoes, ibintu bidakunze kubaho. Inkuru ya Coogler ni isomo rikomeye rigaragaza ko kwihangana no gukurikira inzozi bishobora kuganisha ku ntsinzi ikomeye.

Urugendo rwa Ryan Coogler rwavuye mu bibazo rukagera ku ntsinzi ya Oscars 2026
Filime Sinners yanahesheje Michael B. Jordan igihembo cya ‘Best Actor’, mu gihe Autumn Durald Arkapaw yaciye agahigo nk’umugore wa mbere wegukanye ‘Best Cinematography’. Naho Ludwig Göransson atsindira ‘Best Original Score’

ADVERTISEMENT
Previous Post

Paul Kagame yasabye abayobozi batuzuza inshingano zabo guhitamo gusezera

Next Post

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Haje uburyo bushya bw'ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

March 24, 2026
Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

March 24, 2026
Paul Kagame yasabye abayobozi batuzuza inshingano zabo guhitamo gusezera

Paul Kagame yasabye abayobozi batuzuza inshingano zabo guhitamo gusezera

March 24, 2026
Olivier Nduhungirehe yasabye Isi guhagurukira ku ihohoterwa rikorerwa Abatutsi muri RDC

Olivier Nduhungirehe yasabye Isi guhagurukira ku ihohoterwa rikorerwa Abatutsi muri RDC

March 24, 2026

Recent News

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

March 24, 2026
Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

March 24, 2026
Paul Kagame yasabye abayobozi batuzuza inshingano zabo guhitamo gusezera

Paul Kagame yasabye abayobozi batuzuza inshingano zabo guhitamo gusezera

March 24, 2026
Olivier Nduhungirehe yasabye Isi guhagurukira ku ihohoterwa rikorerwa Abatutsi muri RDC

Olivier Nduhungirehe yasabye Isi guhagurukira ku ihohoterwa rikorerwa Abatutsi muri RDC

March 24, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

Haje uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwo kwimurira ububiko bw’amakuru mu isanzure

March 24, 2026
Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

Urugendo rwa Ryan Coogler ku ntsinzi ya Oscars 2026

March 24, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com