• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Amber Ray mu mazi abira nyuma yo gushinjwa kubeshya ku rugendo rwe muri Tanzania

Amber Ray akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma y’amagambo ya Ibrahim Kabba

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 28, 2025
in Imyidagaduro
0
Amber Ray mu mazi abira nyuma yo gushinjwa kubeshya ku rugendo rwe muri Tanzania
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyamideli Amber Ray wo muri Kenya akomeje kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gutangaza ko aherutse kugirira ibihe byiza muri Tanzania ubwo yahasohokeraga. Yavuze ko yari kumwe n’itsinda ry’abantu barimo umufotozi we, ariko uwahoze ari umukunzi we, Ibrahim Kabba, yahise abihakana avuga ko ari we bari kumwe ndetse akaba ari na we wamufotoye.

Amber Ray, uzwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu gusangiza ubuzima bwe bwite, aherutse gutangaza ko yizihirije Saint Valentin Arusha, aho yaraye muri hoteli yishyuye 1000$.

Yongeyeho ko yajyanye n’umuntu wari ufite inshingano zo gufata amashusho ndetse na gafotozi we. Aya magambo ye ntiyayavuze nabi kuko yashimangiye ko yari mu rugendo rwihariye, ariko Ibrahim Kabba yahise amutambika amagambo avuga ko nta gafotozi wari kumwe na we, ahubwo ko ari we wamufotoye ndetse bari bari kumwe igihe cyose.

Ibi byateje impaka nyinshi mu bakurikira Amber Ray, bamwe batangira kumushinja guca inyuma umugabo we Kennedy Rapudo, na we usanzwe ari umucuruzi uzwi muri Kenya.

Hari abagaragaje ko bishobora kuba ari inkuru yacuzwe mu rwego rwo gukurura ubwamamare, mu gihe abandi banenze Ibrahim Kabba, bamushinja gukomeza gushakisha Amber Ray kandi baratandukanye.

Mu gihe hari abashinja uyu munyamideli gukina n’amarangamutima y’abamukurikira, abandi bavuga ko Ibrahim Kabba ashobora kuba agifitiye urukundo Amber Ray akaba yaramutaye atari uko atamukunda ahubwo ari uko yifuzaga kwigaragaza nk’umugabo wihagazeho.

Gusa ntacyo Amber Ray arasubiza kubyo avugwaho, ahubwo akomeje gusangiza amashusho y’uru rugendo ku mbuga nkoranyambaga ze.

Iyi nkuru ikomeje gukurura impaka, bamwe bibaza niba koko Amber Ray yarakoze urugendo wenyine nk’uko yabivuze, cyangwa se niba Kabba ari we wari kumwe na we ariko akaba abigira urwitwazo rwo kongera kumwiyegereza.

Umunyamideli Amber Ray wo muri Kenya akomeje kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gutangaza ko aherutse kugirira ibihe byiza muri Tanzania ubwo yahasohokeraga.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Imyitwarire ya Will Smith na India Martínez nyuma y’igitaramo cya ‘Premio Lo Nuestro’ yateje impaka

Next Post

José Mourinho wa Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine nyuma yo kunenga abasifuzi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
José Mourinho wa Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine nyuma yo kunenga abasifuzi

José Mourinho wa Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine nyuma yo kunenga abasifuzi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com