• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Antony yongeye kugira abafana, nyuma y’amagorwa yagiriye i Manchester

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 8, 2025
in Imikino
0
Antony yongeye kugira abafana, nyuma y’amagorwa yagiriye i Manchester
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunya-Brazil Antony Matheus dos Santos ari kubyutsa urwego rwe rw’imikinire muri Espagne, aho amaze kugera ku ntego zigaragaza impinduka zikomeye kuva yakwinjira mu kipe ya Real Betis. Kuva icyo gihe, uyu mukinnyi wahoze akinira ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza Manchester United amaze gutsinda ibitego 15 mu mikino 36,  bisobanuye ko yatsinze ibitego bitatu byinshi kurusha ibyo yari afite ubwo yakinaga muri Premier League.

Antony Matheus dos Santos, wakunze kunengwa kubera imikinire itari ihamye no kudatanga umusaruro ku rwego rwifuzwaga muri United, asa n’uwasubije abamugaye ku buryo bwiza cyane.

Mu mikino akinira Betis, agaragaza icyizere, umuvuduko, n’uburyo bw’imikinire bufasha cyane ikipe ye. Abakunzi ba Betis bamaze kumwiyumvamo, ndetse bamwe bamwita “umwana wabo mushya w’umujyi wa Sevilla” kubera uko yifatanya n’abafana nyuma y’imikino.

Umutoza wa Betis na we aherutse kumushima, avuga ko yishimira uburyo Antony Matheus dos Santos yagarutse mu “munezero n’imbaraga nshya kugeza ubu.” Antony ubwe aherutse kuvuga ko “ kubwwe yageza ahantu h’amahoro n’ibyishimo” (happy place) bituma agaragaza imbaraga ze zose mu kibuga.

Kuri ubu, benshi mu bakunzi b’umupira batangiye kwibaza niba iyi nshuro atari yo izamugeza ku rwego rw’umukinnyi ukomeye nk’uko yari abyitezwe igihe yasinyaga mu ikipe ya Manchester United.

Antony yongeye kugira abafana muri Real Betis, nyuma y’amagorwa yagiriye i Manchester

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Angelique Kidjo niwe muhanzikazi umaze guhatanira Grammy Awards inshuro 16

Next Post

Lamine Yamal yasuye umuganga ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi kubera imvune

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lamine Yamal yasuye umuganga ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi kubera imvune

Lamine Yamal yasuye umuganga ukomoka mu gihugu cy'Ububiligi kubera imvune

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

May 15, 2026
DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

May 15, 2026

Nduhungirehe yanyomoje RDC ku ruhare rwa Tshisekedi muri Africa Forward Summit

May 15, 2026
HRW yongeye kunengwa n’u Rwanda ku birego ishinja RDF na M23

HRW yongeye kunengwa n’u Rwanda ku birego ishinja RDF na M23

May 15, 2026

Recent News

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

May 15, 2026
DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

May 15, 2026

Nduhungirehe yanyomoje RDC ku ruhare rwa Tshisekedi muri Africa Forward Summit

May 15, 2026
HRW yongeye kunengwa n’u Rwanda ku birego ishinja RDF na M23

HRW yongeye kunengwa n’u Rwanda ku birego ishinja RDF na M23

May 15, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

May 15, 2026
DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

DJ Toxxyk yasabiwe gufungwa imyaka 5

May 15, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com