• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Chorale de Kigali yatumiye abakunzi b’umuziki mu gitaramo cyiswe “Christmas Carols” muri BK Arena

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 9, 2024
in Imyidagaduro
0
Chorale de Kigali yatumiye abakunzi b’umuziki mu gitaramo cyiswe “Christmas Carols” muri BK Arena
0
SHARES
16
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Chorale de Kigali, imwe mu makorali akomeye kandi akunzwe cyane mu Rwanda, yatangaje igitaramo cy’amateka kizaba ku wa 22 Ukuboza 2024, muri BK Arena. Iki gitaramo cyiswe christmas Carols gitegerejwe n’abakunzi b’umuziki w’umwimerere, kikaba giteganyijwe kuba kimwe mu birori binini byo kwizihiza Noheli muri uyu mwaka.

Chorale de Kigali ifite izina rikomeye mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana, iziririmbwa mu buryo bw’umwimerere bwa korali (choral music), ndetse ikaba izwiho ubuhanga budasanzwe mu guhuza amajwi.

Mu gitaramo cya Christmas Carols, bazaririmba indirimbo za Noheli zirimo izo abakunzi bayo basanzwe bazi, ndetse n’izindi nshya ziteguriwe gususurutsa abazasohokera muri BK Arena.

Abifuza kwitabira iki gitaramo bafite amahitamo atandukanye y’amatike, bitewe n’icyiciro bifuza kwicaramo. Amatike ya Regular agura 5,000 Frw, Bronze ni 10,000 Frw, Silver ni 15,000 Frw, Gold/CIP ni 20,000 Frw, naho Diamond ni 25,000 Frw.

Hari kandi amahirwe ku bantu bifuza kwicara ku meza (Table), aho itike igura 250,000 Frw aha ho bakazanabona serivisi yo guhabwa icyo kunywa ndetse n’icyo kurya.

Iki gitaramo kizaba ari uburyo bwiza bwo kwinjira mu bihe by’umunezero wa Noheli, aho umuryango, inshuti, ndetse n’abakunda umuziki muri rusange bazagira umwanya wo kuruhuka no kwishimira umuziki uhanitse wateguwe na Chorale de Kigali.

Abifuza kwitabira barakangurirwa kugura amatike hakiri kare kuko ibyicaro bizaba ari bike ugereranyije n’uburyo igitaramo cyateguwe. Iki ni igitaramo cyitezweho gusiga amateka mu rugendo rw’ubuhanzi bwa Chorale de Kigali no mu bikorwa by’umuziki wa gikirisitu mu Rwanda.

Ntuzacikwe n’iki gitaramo, kuko bizaba ari umwanya udasanzwe wo kwishimira ibihe by’ubusabane, umuziki mwiza, no gusangira umunezero wa Noheli.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Inzovu zirenga 350 zarapfuye mu buryo budasobanutse mu majyaruguru ya Botswana

Next Post

Philpeter yatangiye guhishura abahanzi bakoranye nawe kuri EP yise “Filipiano”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Philpeter yatangiye guhishura abahanzi bakoranye nawe kuri EP yise “Filipiano”

Philpeter yatangiye guhishura abahanzi bakoranye nawe kuri EP yise "Filipiano"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com