• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imikino

Florentino Perez yongeye gutorerwa kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 20, 2025
in Imikino
0
Florentino Perez yongeye gutorerwa kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Florentino Perez, Perezida wa Real Madrid, yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora iyi kipe izwi cyane ku Isi mu mupira w’amaguru, aho yatorewe manda izarangira mu 2029. Ni umwe mu bayobozi bafite agatubutse kandi ari muri bamwe mu bakire bagezweho iki gihe bayoboye kandi bakinayoboye iyi kipe.

Perez yatangiye kuyobora Real Madrid bwa mbere mu 2000, akora ayobora manda y’imyaka itandatu kugeza mu 2006.

Yagarutse mu 2009, maze yongera kubaka izina rye nk’umuyobozi w’inkingi ya mwamba, wubakiye ku mishinga ikomeye yahinduye isura y’iyi kipe.

Mu gihe cye, yatanze umusanzu ukomeye mu gutuma Real Madrid iba ikipe ihatanira ibikombe bikomeye nka UEFA Champions League, aho yayitwaye inshuro nyinshi.

Ubushobozi bwe bwo kubona abakinnyi bakomeye nka Cristiano Ronaldo, Luka Modrić, na Karim Benzema, kimwe n’abandi bakinnyi b’icyitegererezo, bwatumye Real Madrid ihorana ku isonga mu mupira w’amaguru ku Isi.

Perez kandi yibukirwa cyane ku mishinga yo kubaka no kuvugurura stade Santiago Bernabéu, ubu iri mu zikomeye cyane ku Isi, ikagira uburyo bugezweho bwakira abafana mu buryo buhebuje.

Perez yavuze ko iyi manda nshya igamije gukomeza kunoza ibikorwa remezo by’ikipe no gushaka impano nshya z’abakinnyi bashya. Yagarutse ku gushimira abafana ba Real Madrid ku bwo kumuba hafi, avuga ko umusanzu wabo ariwo utuma iyi kipe ikomeza kuba ubukombe mu mupira w’amaguru.

Kongera gutorerwa kuyobora Real Madrid ni ikimenyetso cy’uko abafana n’abagize iyi kipe bemera icyerekezo Perez yahaye ikipe. Ni manda izibanda ku mishinga yo gutsinda ibikombe byinshi, guha amahirwe abakinnyi bato, no kuzamura icyubahiro cy’ikipe mu ruhando mpuzamahanga.

Florentino Perez yongeye gutorerwa kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Imodoka yo mu Rwanda yarenze umuhanda yangiza inzu n’amaduka muri Uganda

Next Post

Trump ararahira ku mugaragaro nk’Umukuru wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Trump ararahira ku mugaragaro nk’Umukuru wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Trump ararahira ku mugaragaro nk'Umukuru wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025

Recent News

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com