• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ibitero bya Israel muri Gaza byahitanye abantu 50, harimo abagore n’abana bakiri bato

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 9, 2025
in Amakuru
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byahitanye abantu 50, harimo abagore n’abana bakiri bato
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ibintu bikomeje kuba bibi mu gace ka Gaza, aho Israel ikomeje ibitero simusiga mu ntambara ihanganyemo na Hamas, ndetse ibyo mu ijoro ryakeye bikaba byahitanye abantu 50 barimo n’abana, bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iyi ntambara kuva uyu mwaka watangira ugera kuri 332.

Abaturage bo muri Gaza bakomeje guhura n’ubuzima bugoye, kubera ko ibitero by’intambara byangiza ibikorwa remezo by’ingenzi nk’ibitaro, amashuri, n’imihanda. Abenshi bamaze gutakaza aho bari batuye, bituma barushaho gusumbirizwa n’ubuzima. Byongeye kandi, abaturage bugarijwe n’ibura ry’ibikoresho by’ibanze birimo ibiribwa, amazi, n’imiti.

Ibihugu bitandukanye n’imiryango mpuzamahanga birakomeje gusaba impande zombi guhagarika imirwano, hagashakishwa uburyo bw’amahoro burambye.

Gusa, ibiganiro byo kugera ku bwumvikane bikomeje guhura n’imbogamizi, cyane ko intambara imaze imyaka myinshi, ikaba ifite imizi mu bibazo by’amateka n’ubutaka.

Imiryango mpuzamahanga nka ONU n’izindi zikorera mu gace ka Gaza zikomeje gutanga ubutabazi bw’ibanze ku baturage, ariko ingano y’ubufasha ntihagije ugereranyije n’ubukana bw’ibibazo. Ibi birushaho kuzamura impungenge z’uko ubuzima bwa benshi bwasenyuka burundu.

Hari bamwe mu mpuguke bavuga ko kugira ngo ibi bibazo birangire, hakenewe ubushake bwa politiki ku mpande zombi, ndetse n’ubufatanye bw’ibihugu bikomeye ku Isi mu gukemura ikibazo cya Israel na Palestine mu buryo burambye. Nubwo bimeze bityo, abaturage bakomeje kuba bo bibasirwa cyane, cyane cyane abagore n’abana, aho bari mu bihe bitoroshye byo kubaho mu intambara.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Uko urwenya rwa Messi rwakuyemo inzitizi z’amarushanwa n’imibanire ya Ramos muri PSG

Next Post

RBC yatangije gutanga umuti wa Cabotegravir (CAB-LA) mu kurwanya ubwandu bwa SIDA

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
RBC yatangije gutanga umuti wa Cabotegravir (CAB-LA) mu kurwanya ubwandu bwa SIDA

RBC yatangije gutanga umuti wa Cabotegravir (CAB-LA) mu kurwanya ubwandu bwa SIDA

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

July 3, 2025
2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025

Recent News

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana

July 3, 2025
2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

2Face mu bwoba: ‘Umugabo ntanyurwa n’umugore umwe’ – Nyuma y’amagambo atunguranye, yahise asaba. imbabazi

July 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

Aroma yemeye ko agira ishyari rikabije n’ukwifata cyane iyo akunze

July 3, 2025
Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

Pretty Banks: yigeze gukurwa ku kazi ko kugurisha amata, ahishura uko yirukanywe azira kutumvira shebuja.

July 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com