• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Mj. Gen. Alengbia Nyatetessya Dieu Genti yapfuye ari mu buroko nyuma yo gushinjwa guhunga urugamba na M23

Mj. Gen. Alengbia Nyatetessya yahoze ayoboye akarere ka gisirikare ka 34 muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu mpera z’ukwezi kwa Mutarama 2025.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 17, 2025
in Amakuru
0
Mj. Gen. Alengbia Nyatetessya Dieu Genti yapfuye ari mu buroko nyuma yo gushinjwa guhunga urugamba na M23
0
SHARES
16
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Major General Alengbia Nyatetessya Nzambe Dieu Genti, umwe mu basirikare bakuru ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), yapfuye ari muri gereza aho yari afungiye ashinjwa guhunga urugamba ingabo za RDC zihanganyemo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’Igihugu.

Mj. Gen. Alengbia Nyatetessya yahoze ayoboye akarere ka gisirikare ka 34 muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu mpera z’ukwezi kwa Mutarama 2025.

Ubwo M23 yigaruriraga umujyi wa Goma n’aka karere kose, Alengbia n’ingabo yari ayoboye hamwe n’abandi bayobozi bari bafatanyije kuyobora baje guhungira i Bukavu, Kivu y’Amajyepfo, ngo bahakorerere imyiteguro yo gusubira mu rugamba.

Gusa, nyuma y’igihe gito n’i Bukavu higaruriwe n’imitwe ya M23 na Twirwaneho. Nyuma y’aho, Leta ya Congo yahise ifata Alengbia Nyatetessya hamwe n’abandi basirikare bakuru barimo Brig. Gen. Danny Tene Yangba wari umujyanama wa guverineri mu by’umutekano na Brig. Gen. Papy Lupembe wari uyoboye Brigade ya 11.

Muri iryo tsinda hari harimo n’abakomiseri ba polisi barimo Ekuka Lipopo Jean Romuald wahoze ari guverineri wungirije wa Kivu y’Amajyaruguru, ndetse na Mukuna Tumba Eddy Léonard. Bose bashinjwaga guhungira i Bukavu banyuze mu bwato.

Mj. Gen. Alengbia Nyatetessya yahoze ayoboye akarere ka gisirikare ka 34 muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu mpera z’ukwezi kwa Mutarama 2025

Ku wa Gatatu tariki ya 16 Mata 2025, ni bwo hamenyekanye inkuru y’akababaro ko Gen. Alengbia Nyatetessya yapfuye. Nta makuru arambuye yatangajwe ku cyaba cyamuhitanye, ndetse ntibizwi niba yapfiriye muri gereza ya Ndolo aho yari afungiye cyangwa hanze yayo.

Ubwo urubanza rwabo rwatangiraga tariki ya 13 Werurwe 2025, abanyamategeko babunganiraga bari basabye ko bafungurwa by’agateganyo, bavuga ko bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Icyakora tariki ya 20 Werurwe 2025, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa rwafashe umwanzuro wo guhagarika gutangaza amakuru yerekeye uru rubanza mu rwego rwo kwirinda kumena amabanga y’umutekano.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Havana: Resitora ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ikoranabuhanga riyirimo

Next Post

Abagabo batatu bamanutse mu muyoboro w’imyanda nk’abashakisha zahabu i Brooklyn!

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Abagabo batatu bamanutse mu muyoboro w’imyanda nk’abashakisha zahabu i Brooklyn!

Abagabo batatu bamanutse mu muyoboro w’imyanda nk’abashakisha zahabu i Brooklyn!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

October 13, 2025
Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

October 12, 2025

Recent News

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

October 13, 2025
Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

October 12, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com