• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 13, 2026
in Imyidagaduro
0
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri
0
SHARES
14
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko nyuma y’igihe kirekire atiga, yongeye gufata icyemezo cyo gusubukura amasomo ye, aho kuri ubu ari kwiga muri Kaminuza. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, ashimangira ko kwiga ari urugendo rw’ingenzi yafashe ku bushake bwe, atagamije inyungu za politike nk’uko bamwe babivuga.

Eddy Kenzo yavuze ko hari abagiye bagaragaza ko gusubira kwiga kwe bifitanye isano n’imigambi ya politike ashobora kuba afite mu gihe kiri imbere. Icyakora, yateye utwatsi ayo makuru, avuga ko adafite gahunda yo kwinjira muri politike, kandi ko abantu batagomba kumushyiraho ibyo atigeze ategura.

Ati: “Ntabwo ndi kwitegura politike mu by’ukuri. Abantu ntibakwiye kunyitegaho ibyo.” Yakomeje asobanura ko icyamuhatiye gusubira mu ishuri ari uko ari umushoramari, bityo akaba akeneye ubumenyi bwimbitse bumufasha mu micungire n’iterambere ry’imishinga ye itandukanye. Yanavuze ko kwiga ari ingenzi cyane mu buzima, kandi ko yifuza kubera icyitegererezo abana be, kugira ngo bakure basobanukiwe neza akamaro ko gushaka ubumenyi.

N’ubwo yemeje ko ari kwiga muri Kaminuza, Eddy Kenzo yirinze gutangaza ishami cyangwa amasomo yihariye ari gukurikirana, avuga ko ik’ingenzi kuri we ari urugendo yatangiye, n’umwanzuro yafashe wo gukomeza kwiyungura ubumenyi, aho kwibanda ku byo abantu bavuga.

Iyi ntambwe ye yakiriwe neza n’abakunzi be, benshi babona ko ari urugero rwiza rw’uko kwiga bitagira igihe.

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri
ADVERTISEMENT
Previous Post

Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

Next Post

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

February 13, 2026
Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

February 13, 2026

Recent News

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

February 13, 2026
Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

February 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com