• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umukinnyi wo muri filime ‘Squid Game’ O Yeong-su arashinjwa ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ubushinjacyaha bwasabye igifungo cy’umwaka umwe mu mukinnyi ba filime O Yeong-su wo muri Squid Game ushinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 5, 2025
in Imyidagaduro
0
Umukinnyi wo muri filime ‘Squid Game’ O Yeong-su arashinjwa ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwasabye ko O Yeong-su, umukinnyi w’imyaka 80 wamenyekanye cyane muri filime y’uruhererekane ya Squid Game, ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe, mu rubanza rw’ubujurire aregwamo icyaha cyo gukora ihohotera rishingiye ku gitsina.

Ibi byabaye ku wa Gatanu, tariki ya 4 Mata 2025, mu Ishami rya Seongnam ry’Urukiko Rukuru rwa Suwon, aho ubushinjacyaha bwasabye ko uyu musaza ahanishwa igihano gikomeye, buvuga ko mbere yari yarahawe igihano cyoroheje, kidahwanye n’uburemere bw’icyaha aregwa.

Mbere, Urukiko Rukuru rwa Seongnam rwari rwarahanishije O Yeong-su igifungo cy’amezi umunani gisubitswe mu gihe cy’imyaka ibiri, ndetse rukamutegeka kwitabira amasomo y’amasaha 40 ku bijyanye no kwirinda ihohotera rishingiye ku gitsina.

Uyu mukinnyi yahise ajurira, asaba ko urukiko rumugira umwere, mu gihe ubushinjacyaha bwo bwajuriye busaba ko igihano cyari cyatanzwe cyakomeza, ahubwo kikiyongera.

Iki kirego gishingiye ku byabaye mu mwaka wa 2017, aho O Yeong-su yashinjwe n’umugore bari kumwe mu itsinda ry’abakinnyi b’ikinamico, ko yamukorakoye ku ngufu ndetse akanamusoma ku gahato.

Abashinjacyaha bavuze ko uwo mugore yigeze guha O Yeong-su amahirwe yo gusaba imbabazi mbere y’uko ajya kumurega, ariko ntiyabikora, ndetse kugeza n’ubu ntiyigeze agaragaza kwicuza. Nyuma yaho, uyu mugore ni bwo yafashe icyemezo cyo kumurega mu buryo bwemewe n’amategeko.

Ku ruhande rw’abunganira O Yeong-su mu mategeko, batangaje ko ibyo umukiliya wabo ashinjwa bishingiye gusa ku buhamya bwa nyir’ukurega n’ubutumwa bw’iyandikiranabumenyesheje, bagaragaza ko budafite gihamya ifatika.

Bavuze ko ubwo butumwa butari bugamije kwemera icyaha, ahubwo bwari uburyo bwo kwirinda ko izina rya filime Squid Game ryasenyuka cyangwa rigatakarizwa icyizere.

Mu ijambo rye yavuze mu rukiko, O Yeong-su yavuze ko yumva ari igisebo kuba ageze ku myaka 80 agikurikiranwa mu rukiko ku byaha nk’ibi, ndetse anagaragaza ko niba ibyo yakoze icyo gihe bifatwa nk’ibinyuranyije n’amategeko, yiteguye kubibazwa. Ariko yavuze ko adashobora kwemera ko ibyo yakoze byari ibyaha.

Yavuze kandi ko ibyo birego byamuhesheje isura mbi ndetse bigasiga icyasha ku izina rye n’umwuga we nk’umukinnyi wa filime wamamaye ku rwego mpuzamahanga. Urukiko ruzasoma umwanzuro warwo wa nyuma ku wa 3 Kamena 2025.

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwasabye ko O Yeong-su, umukinnyi w’imyaka 80 wamenyekanye cyane muri filime y’uruhererekane ya Squid Game, ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe, mu rubanza rw’ubujurire aregwamo icyaha cyo gukora ihohotera rishingiye ku gitsina.
Abashinjacyaha bavuze ko uwo mugore yigeze guha O Yeong-su amahirwe yo gusaba imbabazi mbere y’uko ajya kumurega, ariko ntiyabikora, ndetse kugeza n’ubu ntiyigeze agaragaza kwicuza.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Thomas Müller agiye gutandukana na Bayern Munich nyuma y’imyaka 25 amaze ayikinira

Next Post

Trump yashyize imisoro ku bicuruzwa byose akomeze kwizeza abanyamerika ko aribo bifitiye akamaro.

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Trump yashyize imisoro ku bicuruzwa byose akomeze kwizeza abanyamerika ko aribo bifitiye akamaro.

Trump yashyize imisoro ku bicuruzwa byose akomeze kwizeza abanyamerika ko aribo bifitiye akamaro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025

Recent News

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com