• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Umuyobozi wa Wazalendo akimara kwiyimika nk’umukuru wa Kivu y’Amajyepfo yahise araswa mu kanya nkako guhumbya

Umuyobozi wa Wazalendo wari wiyise Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo yarashwe nyuma y’iminota mike ashyize hanze ubutumwa bugenewe Perezida Tshisekedi.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 14, 2025
in Amakuru
0
Umuyobozi wa Wazalendo akimara kwiyimika nk’umukuru wa Kivu y’Amajyepfo yahise araswa mu kanya nkako guhumbya
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’iminota mike Umuzalendo ashyize hanze ubutumwa bw’amashusho bugaragaza ko abarwanyi be ba Wazalendo bafashe Kavumu kandi ko ari we wabaye guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yahise araswa avamo umwuka w’abazima.

Iki gikorwa cyakozwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 14 Mata 2025, aho umwe mu barwanyi bo muri Wazalendo wari umuyobozi muri uwo mutwe yakoze video avuga ko ayigeneye perezida Felix Tshisekedi.

Muri iyo video yavugaga ko ari we wabaye guverineri w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo ngo kugeza igihe perezida Felix Tshisekedi azagena undi.

Yakomeje avuga ko abarwanyi be bafashe Kavumu iherereyemo ikibuga cy’indege cya Bukavu, ndetse ko agiye kubohoza n’umujyi wa Bukavu akawirukanamo AFC/M23.

Nyuma y’iminota mike uriya muzalendo akoze iriya video, amakuru avuga ko yahise araswa n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23, ibye birangirira aho.

Nyuma, umwe mu bayobozi ba AFC/M23 yatangarije abaturage ko bari gushaka uko bakwigisha abaturage kujya batangira amakuru ku gihe, kugira ngo umutekano ukomeze kugenda neza.

Ni mu gihe ibitero bya Wazalendo bidasiba gukomwa mu nkokora AFC/M23 doreko zamaze kubohoza uduce two muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko nyamara nubwoibyo bitero bikomeza gukorwa, uyu muyobozi yabwiye abaturage ko badakwiye kwiheba, abizeza igitangaza ko nta gace na kamwe Wazalendo, FDLR na FARDC bateze kuzigarurira kari mutwo bagenzura.

Ni mu gihe ku munsi w’ejo ku cyumweru, iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye ibitero mu nkengero za Bukavu, harimo ibyo bagabye i Kavumu na Katana.

Ariko AFC/M23 ibisubiza inyuma. Kuri ubu muri utwo duce haratuje, gusa hakomeje gukorwa imikwabo.

Andi makuru avuga ko “Wazalendo, FDLR, Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC” mu bitero zagabye ejo ku cyumweru, zararashwe cyane kuburyo aya makuru ahamya ko zitazasubira gukinira muri utwo duce ngo baratugabamo ibitero.

Umuyobozi wa Wazalendo wari wiyise Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo yarashwe nyuma y’iminota mike ashyize hanze ubutumwa bugenewe Perezida Tshisekedi
ADVERTISEMENT
Previous Post

Luka Modrić agiye kuba umwe mu bashoramari ba Swansea City

Next Post

AFC/M23 hagati y’intambara n’ubuhanga bwa dipolomasi: Impamvu itirukana SADC na Monusco burundu

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
AFC/M23 hagati y’intambara n’ubuhanga bwa dipolomasi: Impamvu itirukana SADC na Monusco burundu

AFC/M23 hagati y’intambara n’ubuhanga bwa dipolomasi: Impamvu itirukana SADC na Monusco burundu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025

Recent News

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com