• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Davido yataye impeta ifite agaciro Ka Miliyoni 22 Frw, yiyemeza gukoresha indi iyiruta

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 21, 2025
in Imyidagaduro
0
Davido yataye impeta ifite agaciro Ka Miliyoni 22 Frw, yiyemeza gukoresha indi iyiruta
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi ukomeye muri Afurika, Davido, yatakaje impeta ye ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 22. Aya makuru yatangajwe mu kiganiro kigufi cyashyizwe hanze na Christopher Will & Co, sosiyete yakoze iyi mpeta, aho yagaragaje agahinda k’uyu muhanzi nyuma yo kuyibura.

Davido yatangaje ko iyi mpeta yayitaye mu mazi ubwo yari muri Jamaica, Igihugu cy’amahumbezi akenshi cyitabirwa n’ibyamamare bikora ibitaramo cyangwa bihenze no kwidagadura.

Nyuma y’iri sanganya, uyu muhanzi yiyemeje gusimbuza iyi mpeta indi, bikaba bivugwa ko ishobora kuba ifite agaciro karushaho gukomera.

Iyi mpeta yari yanditseho amagambo “001,” ari nako Davido akunda kwiyita ashimangira ko ari umwe mu bayoboye umuziki wa Afurika.

Iyo mpeta yari mu mirimbo akundaga cyane, ndetse ngo ntiyajyaga yitandukanya nayo mu bihe byinshi, yaba mu bitaramo cyangwa mu buzima busanzwe. Yari ifite agaciro ka $16,400, akaba arenga miliyoni 22 mu mafaranga y’u Rwanda.

Davido yavuze ko impeta ye yari ifite agaciro kadasanzwe ku buzima bwe, kuko yafataga nka kimwe mu bimuranga nk’umuhanzi utavuga rumwe n’igihe mu ruhando rw’umuziki wa Afurika.

Nubwo ariko agahinda kagaragara mu magambo ye, yavuze ko icy’ingenzi ari uko impeta asimbuza izaba ifite ikintu kirushijeho kumwibutsa ko akomeje kwiyubaka no gushimangira izina rye nk’umwe mu bahanzi b’ibikomerezwa mu Karere no ku Isi hose.

Uyu muhanzi, wamenyekanye kubera indirimbo nyinshi ziri mu njyana ya Afrobeat, ntahwema kugarukwaho kubera imideli ye itangaje n’imitako y’agaciro. Kuri iyi nshuro, abakunzi be bakomeje kumuhumuriza ku mbuga nkoranyambaga, bamusaba kudacika intege kuko ingorane ari imwe mu nzira zo kwerekana ubushobozi bwo kwihangana no gukomeza gushyira imbere iby’ingenzi.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Chelsea mu biganiro na Garnacho? Umwungiriza we yagaragaye kuri Stamford Bridge

Next Post

Umunsi wa nyuma wa Joseph Robinette Biden Jr. Uzwi nka Joe Biden mu Biro by’umukuru w’Igihugu muri Amerika wageze

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umunsi wa nyuma wa Joseph Robinette Biden Jr. Uzwi nka Joe Biden mu Biro by’umukuru w’Igihugu muri Amerika wageze

Umunsi wa nyuma wa Joseph Robinette Biden Jr. Uzwi nka Joe Biden mu Biro by’umukuru w’Igihugu muri Amerika wageze

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com