• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Éderson yaciye agahigo ko kuba umunyezamu wa mbere watanze assists nyinshi muri Premier League

Éderson yatanze assists enye (4) muri uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 gusa, ibintu bidakunze kubaho ku banyezamu.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 12, 2025
in Imikino
0
Éderson yaciye agahigo ko kuba umunyezamu wa mbere watanze assists nyinshi muri Premier League
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyezamu w’ikipe ya Manchester City, Éderson Moraes, yakoze amateka kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangaga assist ya karindwi muri Premier League, agahita aba umunyezamu wa mbere mu mateka y’iyi shampiyona utanze assists nyinshi.

Iyi assist yayitanze mu mukino ikipe ya Manchester City yakinagamo uyu munsi, akaba yayihereje umukinnyi mugenzi we wabashije gutsinda igitego, bigatuma yuzuza assists zirindwi (7) mu gihe amaze gukina muri iyi shampiyona kuva yayigeramo.

Uyu munyezamu w’imyaka 30 y’amavuko, ukomoka muri Brazil, yarenze Paul Robinson wahoze ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ndetse n’amakipe nka Leeds United na Tottenham Hotspur, wari ufite agahigo kuko ari we munyezamu wari ufite assists nyinshi, aho yari afite eshanu (5).

Éderson yerekanye ko n’umunyezamu ashobora kugira uruhare rukomeye mu gutsinda ibitego.

Éderson yatanze assists enye (4) muri uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 gusa, ibintu bidakunze kubaho ku banyezamu.

Ubusanzwe bizwi ko ari abakinnyi bo hagati cyangwa ab’imbere batanga assists, ariko Éderson yerekanye ko n’umunyezamu ashobora kugira uruhare rukomeye mu gutsinda ibitego, cyane cyane binyuze mu gutanga imipira miremire yambuka ikibuga.

Uyu munyezamu umaze imyaka irenga itandatu akinira Manchester City, azwiho kuba afite amaguru akina neza, ari na yo mpamvu umutoza Pep Guardiola akunze kumwifashisha nk’umunyezamu wa mbere.

Uyu munyezamu umaze imyaka irenga itandatu akinira Manchester City, azwiho kuba afite amaguru akina neza, ari na yo mpamvu umutoza Pep Guardiola akunze kumwifashisha nk’umunyezamu wa mbere.

Kuva yagera muri Premier League mu mwaka wa 2017, Éderson yagiye yitwara neza kandi ahesha ikipe amanota menshi, uretse kuba afite assists 7 muri Premier League, Éderson kandi amaze kwegukana ibikombe bitandukanye birimo ibya shampiyona, FA Cup, Carabao Cup ndetse na UEFA Champions League, byose abikesha ubwitange n’imikinire ye yihariye.

Uyu munsi, Éderson yanditse amateka mashya, ashyira izina rye mu mateka ya Premier League, aho yagaragaje ko umunyezamu ashobora kurenga inshingano zo kurinda izamu, akagira uruhare no mu gutanga umusaruro imbere.

Éderson yagiye yitwara neza kandi ahesha ikipe amanota menshi.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Bobi Wine avugwaho ubutwari n’impuhwe: Bruno K amushimira byimazeyo.

Next Post

Virgil van Dijk agiye kongera amasezerano muri Liverpool yo kugeza mu 2027

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Virgil van Dijk agiye kongera amasezerano muri Liverpool yo kugeza mu 2027

Virgil van Dijk agiye kongera amasezerano muri Liverpool yo kugeza mu 2027

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025

Recent News

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com