• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Ese Éderson arerekeza mu ikipe ya Manchester United?

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 6, 2026
in Imikino
0
Ese Éderson arerekeza mu ikipe ya Manchester United?
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu gihe amakuru amaze igihe avugwa ko umukinnyi wo hagati w’Umunya-Brazil Éderson yerekeje muri Manchester United, biragaragara ko nta masezerano ya nyuma arashyirwaho umukono, nubwo impande zombi zamaze kumvikana ku mafaranga angana na miliyoni 45 z’Ama-Euro.

Amakuru agaragaza ko nyuma yo gukorerwa isuzuma ry’ubuzima bwa mbere (medical) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Éderson yavuye muri icyo gihugu nyuma y’uko Brazil isezerewe mu irushanwa yari irimo.

Icyakora, ubuyobozi bwa Manchester United buracyashaka ko uyu mukinnyi akorerwa irindi suzuma ry’ubuzima mu Bwongereza mbere yo kwemeza burundu aya masezerano. Iyi ni intambwe ifatwa nk’ingenzi cyane mbere y’uko impande zombi zisinya amasezerano ya nyuma.

Nubwo kuva muri Kamena impande zombi zari zaragiranye amasezerano yo mu magambo (verbal agreement) n’ikipe ya Atalanta, kugeza ubu nta nyandiko n’imwe irashyirwaho umukono.

Ibi bivuze ko nubwo benshi bamaze gufata uyu mukinnyi nk’uwamaze kwerekeza muri Manchester United, haracyari ibisabwa byose bigomba kubanza kuzuzwa mbere y’itangazo ryemewe n’amakipe yombi.

Abafana ba Manchester United bakomeje gutegereza kureba niba isuzuma ry’ubuzima rizagenda neza, maze Éderson akazahita yemezwa nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurisha rifunga. Kugeza ubu, nta tangazo riratangazwa n’impande zombi.

Ese Éderson arerekeza mu ikipe ya Manchester United?

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abakomerekeye mu myigaragambyo muri Kenya bavuga ko bagiye kongera kujya mu mihanda basaba indishyi

Next Post

Trump yashimiye FIFA, nyuma yo kwemerera Balogun kongera gukina

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Trump yashimiye FIFA, nyuma yo kwemerera Balogun kongera gukina

Trump yashimiye FIFA, nyuma yo kwemerera Balogun kongera gukina

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026

Recent News

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com