• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

France Mpundu yagarutse mu Rwanda, asobanura iby’urukundo n’impeta yambitswe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 1, 2025
in Imyidagaduro
0
France Mpundu yagarutse mu Rwanda, asobanura iby’urukundo n’impeta yambitswe
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzikazi France Mpundu ukunzwe muri muzika y’u Rwanda binyuze mu ndirimbo zitandukanye, yongeye kugaruka mu gihugu nyuma y’ibyumweru yari amaze mu irushanwa rya “Secret Story Afrique” ryabereye muri Afurika y’Epfo, aho umukunzi we Moctar ukomoka muri Niger ari we wegukanye iri rushanwa ku nshuro ya kabiri riri kuba.

France Mpundu, umwe mu bahanzi bari muri ‘Huha Records’, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 30 Ugushyingo 2025, yakirwa n’abafana, inshuti ndetse n’itsinda rye rya hafi. Yavuze ko ari ibyishimo bikomeye kuba yongeye gukandagira mu gihugu nyuma y’urugendo rutari ruto.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko abantu benshi batari bazi ko yari yitabiriye iri rushanwa kuko yari yaragiye mu ibanga. Ati: “Ni ibyishimo bikomeye kuba ngarutse mu rugo. Hari abantu bari batabizi ko nagiye mu marushanwa, ahubwo nabonye amahirwe ubwo bampamagaraga bansaba kujyayo, numva ntakwiye kubyitesha.”

Yavuze ko “Secret Story Afrique” yamubereye urubuga rwo kwigaragaza, kongera ubwamamare ndetse no kunguka inshuti nshya. Yanakomoje ku musore wamwambikiye impeta muri iri rushanwa, avuga ko ari ikintu cyamutunguye kandi cyamushimishije mu buzima bwe bwite, ariko yirinda kugira byinshi abivugaho, ashimangira ko “ibyo by’urukundo bizagenda bisobanuka buhoro buhoro.”

France yavuze ko ubu ari busubukure imishinga ye ya muzika, anashimira abafana bamushyigikiye mu rugendo rwe rwo guhatanira iri rushanwa ryakurikirwaga n’abantu benshi muri Afurika.

France Mpundu yagarutse mu Rwanda, asobanura iby’urukundo n’impeta yambitswe

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ibintu 35 biteye agahinda n’ubwoba utakeka ko burya bibera mu ngo

Next Post

Umuraperi Saido Nesta akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze indirimbo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umuraperi Saido Nesta akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze indirimbo

Umuraperi Saido Nesta akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze indirimbo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com